imyidagaduro
Izindi Nkuru
Tyrese Gibson ari gushakishwa na Polisi
Tyrese Gibson ari gushakishwa na Polisi

Tyrese Gibson arimo gushakishwa na polisi ya Fulton County (FCPD) mu mujyi wa Atlanta, nyuma y’uko imbwa ze enye zo mu bwoko bwa Cane Corso zikekwaho kwica imbwa y’umuturanyi mu gace ka Buckhead.

Reba inkuru
Finland: Umuhanzi Doddy yahishuye icyatumye asimbuza Madebeats ku ndirimbo ye nshya
Finland: Umuhanzi Doddy yahishuye icyatumye asimbuza Madebeats ku ndirimbo ye nshya

Umuhanzi w’umunyarwanda Doddy Uwihirwe yatangaje ko yatangiye gukora ku ndirimbo ye ‘Fall in Love’ atekereza ko azayikorerwa na Produce Made Beats ariko birangira ahisemo Kenny Vybz mu ikorwa ry’amajwi yayo (Audio).

Reba inkuru
Hatangiye gutoranwa abazahabwa igihembo nyamukuru muri Art Rwanda Ubuhanzi- All Star Edition
Hatangiye gutoranwa abazahabwa igihembo nyamukuru muri Art Rwanda Ubuhanzi- All Star Edition

Kuri uyu wa Kabiri tariki 26 Kanama 2025, hatangiye igikorwa kizamara iminsi ibiri cyo guhuriza hamwe abanyempano bagiye batsinda mu marushanwa ya 'Art Rwanda Ubuhanzi' kuva mu myaka yatambutse.

Reba inkuru
Konti y'umunyarwenya Napi Official yahagaritswe kuri TikTok.
Konti y'umunyarwenya Napi Official yahagaritswe kuri TikTok.

Konti y'umunyarwenya Jose Angel Napi Ondo ufite inkomoko muri Guinée Equatoriale yari imaze kugira abayikurikira bagera kuri miliyoni 5.2 ntikigaragara ku rubuga rwa TikTok.

Reba inkuru
Ibyibanze wamenya ku bikubiye mu gitabo “An Open Jail” cya Tonzi 
Ibyibanze wamenya ku bikubiye mu gitabo “An Open Jail” cya Tonzi 

Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Uwitonze Clementine [Tonzi] ari mu myiteguro yo kumurika igitabo cye cya mbere yise “An Open Jail: When the World Crucifies You”.

Reba inkuru
Umuraperi Gauchi yataguje album nshya
Umuraperi Gauchi yataguje album nshya

Umuraperi nyarwanda Gauchi yateguje ye nshya yise “Collabo” izajya hanze mu minsi iri imbere.

Reba inkuru
The Ben yongeye gushima Tom Close wamwinjije mu muziki none akaba ari kwandika amateka
The Ben yongeye gushima Tom Close wamwinjije mu muziki none akaba ari kwandika amateka

Mugisha Benjamin [The Ben], umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki nyarwanda no hanze y’igihugu, yongeye gusangiza abakunzi be ibice bitamenyerewe by’urugendo rwe, by’umwihariko ishimwe agendana kubera Muyombo Thomas [Tom Close].

Reba inkuru
Akundwa cyane n’igitsina gore- Ibidasanzwe wamenya kuri Joshua Baraka ugiye gutaramira i Kigali
Akundwa cyane n’igitsina gore- Ibidasanzwe wamenya kuri Joshua Baraka ugiye gutaramira i Kigali

Joshua Baraka umusore w’imyaka 25 ukomeje kwigarira Isi binyuze mu muziki, ni umwe mu bakomeje guhindura byinshi mu muziki wa Uganda ku rwego mpuzamahanga.

Reba inkuru
Israel Mbonyi akomeje kuyobora abahanzi nyarwanda i Mahanga
Israel Mbonyi akomeje kuyobora abahanzi nyarwanda i Mahanga

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Mbonyicyambu Israel akomeje guserukira neza umuziki nyarwanda i Mahanga binyuze ku mbuga zitandukanye zicurangirwaho umuziki nka Youtube.

Reba inkuru
Levixone n'umukunzi we Desire Luzinda batangaje amatariki y'ubukwe bwabo
Levixone n'umukunzi we Desire Luzinda batangaje amatariki y'ubukwe bwabo

Sam Lucas Lubyogo wamamaye nka Levixone na Desire Luzinda bemeje ko bazakora ubukwe tariki 15 Kanama 2025.

Reba inkuru
Ibintu 10 umuhanzi ukiri muto akwiriye kwitaho no gukurikiza
Ibintu 10 umuhanzi ukiri muto akwiriye kwitaho no gukurikiza

Umuhanzi cyangwa undi umuntu uwo ari wese ukeneye gutera imbere hari ibintu aba akwiye kwitaho bizamufasha kubaka ubwami bwe bukabaho igihe kirekire.

Reba inkuru
Lionel Sentore agiye kumurika album ye ya mbere yitiriye indirimbo "Uwangabiye"
Lionel Sentore agiye kumurika album ye ya mbere yitiriye indirimbo "Uwangabiye"

Umuhanzi Lionel Sentore agiye kumurika album ye ya mbere yitiriye indirimbo " Uwangabiye"indirimbo yamamaye cyane mu bihe byo kwamamaza Perezida Paul Kagame mu 2024.

Reba inkuru
Bishop Gafaranga anakurikiranweho gukubita umugore we Annet Murava
Bishop Gafaranga anakurikiranweho gukubita umugore we Annet Murava

Habiyaremye Zacharie wamenyekanye nka Bishop Gafaranga uherutse gutabwa muri yombi, anakurikiranyweho ibyaha byo gukubita no gukomeretsa no guhoza ku nkenke umugore we Annet Murava.

Reba inkuru
Dosiye ya Bishop Gafaranga yagejejwe mu Bushinjacyaha
Dosiye ya Bishop Gafaranga yagejejwe mu Bushinjacyaha

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwemeje ko dosiye ya Bishop Gafaranga uherutse gutabwa muri yombi rwamaze kuyishyikiriza ubushinjacyaha.

Reba inkuru
"“Iyo igutindije iragutegera.” Judith Niyonizera wahoze ari umugore wa Safi wakoze ubukwe ku nshuro ya kabiri (Amafoto)
"“Iyo igutindije iragutegera.” Judith Niyonizera wahoze ari umugore wa Safi wakoze ubukwe ku nshuro ya kabiri (Amafoto)

Judith Niyonizera watandukanye n'umuhanzi Safi Madiba, yongeye gukora ubukwe n’umugabo bamaze igihe kinini bakundana.

Reba inkuru
Iby’urukundo rwa Dabijou n’umushoramari wo muri Kenya byaba byamenetsemo amazi?
Iby’urukundo rwa Dabijou n’umushoramari wo muri Kenya byaba byamenetsemo amazi?

Muri iyi minsi nyuma y’uko Munezero Rosine wamamaye nka Dabijou yaciye amarenga y’urukundo n’umugabo w’umushoramari ukomeye muri Kenya witwa Jamal Marlow Rohosafi ukunze kwiyita Jimal Rohosafi, uyu mugabo we ari kwishyirira hanze amashusho y’uwahoze ari umugore we witwa Wangari nubwo hamaze iminsi havugwa gatanya mu rugo rwabo.

Reba inkuru
Kwaba ari ugukunda kurira ifoto ku bahanzi Nyarwanda?
Kwaba ari ugukunda kurira ifoto ku bahanzi Nyarwanda?

Bimaze kugaragara ko mu bihe bitandukanye, bamwe mu bahanzi Nyarwanda bamurika albums zabo ugasanga mu gihe cyo kuzimurika hari abakire n’abandi bakunzi b’umuziki Nyarwanda bemera kuzigura bakabivugira mu ruhame mu kugaragaza ko bashyigikiye abo bahanzi, bikarangira bategereje ayo mafaranga amaso agahera mu kirere.

Reba inkuru
Joni Boy wamariye muri "Nimba Padiri" yaragukanye indirimbo nshya (+Video)
Joni Boy wamariye muri "Nimba Padiri" yaragukanye indirimbo nshya (+Video)

Jani Boy umuhanzi nyarwanda ukorera umuziki we hanze y’u Rwanda muri Sweden arakataje mu bikorwa bye bye muzika aho ubu yagarukanye indirimbo nshya yise "Kuri Date".

Reba inkuru
Maranatha Family Choir yateguje Album yabo ya mbere
Maranatha Family Choir yateguje Album yabo ya mbere

Maranatha Family Choir  yashyize hanze indirimbo nshya bise “Irasubiza” ndetse bahita bateguza album yabo ya mbere izajya hanze mu minsi iri imbere.

Reba inkuru
Yatewe urushinje rumurinda kubabara abyara: Uwicyeza Pamella yahishuye ibyo yanyuzemo atwite
Yatewe urushinje rumurinda kubabara abyara: Uwicyeza Pamella yahishuye ibyo yanyuzemo atwite

Uwicyeza Pamella yahishuye byinshi ku rugendo rwe rwo gutwita bwa mbere ndetse no guca mu bihe by’iminsi ya mbere ikurikira kubyara (Post-Partum), avuga ko ajya kubyara yatewe urushinge rutuma umugore abyara atari kumva ububabare (epidural injection), ndetse ko ajya kubyara yari kumwe n’umugabo we The Ben.

Reba inkuru
Meddy na Mimi bibarutse umuhungu
Meddy na Mimi bibarutse umuhungu

Ibyishimo ni byose mu rugo rw'umuhanzi Ngabo Medard ’Meddy’ n'umugore we Mimi Mehfira bamaze kwibaruka nyuma yo kwibaruka umwana wabo wa kabiri bise Zayn Ngabo.

Reba inkuru