imyidagaduro
Izindi Nkuru

Urutonde rw’abagore umunani Bob Marley yabyaranye na bo
Bob Marley wabaye umwe mu bahanzi bubatse amateka mu Njyana ya Reggae ndetse akabiba urukundo muri benshi kubera imbwirwaruhame ze, yanasize izina i musozi ryo kuba yarihaga akabyizi cyane, dore ko abagore bazwi yabyaranye na bo ari umunani.
Reba inkuru
Urutonde rw’abagore umunani Bob Marley yabyaranye na bo
Bob Marley wabaye umwe mu bahanzi bubatse amateka mu Njyana ya Reggae ndetse akabiba urukundo muri benshi kubera imbwirwaruhame ze, yanasize izina i musozi ryo kuba yarihaga akabyizi cyane, dore ko abagore bazwi yabyaranye na bo ari umunani.
Reba inkuru
Element yigaramye iby’urukundo ruvugwa hagati ye na Sherrie Silver
Element EleéeH yamaganiye kure inkuru zari zitangiye gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga zivuga ko uyu muhanzi akaba n’utunganya indirimbo muri 1:55 AM yaba ari mu rukundo n’umubyinnyi wabigize umwuga Sherrie Silver.
Reba inkuru
Umukinnyi wa Filime Killaman ari mu gahinda nyuma yo kwibwa shene ze za Youtube
Umukinnyi wa Filime Niyonshuti Yannick wamamaye ku mazina ya Killaman, ari kurira ayo kwarika nyuma y’uko agabweho igitero n’abamwibye shene ze za ‘Youtube’ yacishagaho filime ze zose.
Reba inkuruCyusa Ibrahim Yasabye Urubyiruko Kuzirikana Ubutwari Bwaranze Inkotanyi
Cyusa Ibrahim yacyeje ubutwari bw’Inkotanyi mu ndirimbo nshya asabye urubyiruko kuzirikana ubutwari bwaranze Inkotanyi, bityo na bo bagaharanira kugera ikirenge mu cy’ababohoye u Rwanda.
Reba inkuru
Bull Dogg Yakirigise Amarangamutima y'Abakunzi ba Jay Polly
Bull Dogg yakirigise amarangamutima y'abakunzi b'umuziki wa Hip Hop nyarwanda n'aba Jay Polly.
Reba inkuru
Ngwinondebe Yigaramye Iby'umubano wihariye Bivugwa ko afitanye na Murungi Sabin na Danny Nanone
Ngwinondebe Josette wavuzwe mu nkuru zirimo kugirana umubano wihariye n'abarimo umuraperi Danny Nanone ndetse n'umunyamakuru Murungi Sabin yamaganiye kure iby'izi nkuru zakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga mu gihe cyashize kugeza n'ubu.
Reba inkuruUmuraperi Fireman yavuye mu kigo cya Huye Isange Rehabilitation Centre
Umuraperi Uwimana Fransis wamamaye muri muzika Nyarwanda nka Fireman, yamaze gusezerwa mu kigo cya Huye Isange Rehabilitation Centre yagezemo muri Mutarama 2025.
Reba inkuru
Mu Mafoto : Ihere Ijisho Uburanga bw’Inkumi Yigaruriye Umutima wa Nel Ngabo
Ku wa 18 Werurwe 2025 Nel Ngabo yashyize hanze amafoto ari kumwe n’inkumi yitwa Umulisa ukoresha amazina ya Essy Williamz kuri Instagram, bishyira benshi mu rujijo gusa umubare munini w’abagarutse kuri aya mafoto bagaragaje ko baba bakundana.
Reba inkuru
Izina The Ben na Pamella bise imfura yabo
Umuhanzi The Ben na Uwicyeza Pamella bibarutse imfura yabo, yavukiye mu Mujyi wa Bruxelles mu ijoro ryo ku wa 18 Werurwe 2025 mu bitaro bya “Edith Cavell” .
Reba inkuru
Anne Kansiime Yatangaje ko Yakuyemo Inda Nyinshi Yiga Muri Kaminuza
Umunyarwenya Kansiime Anne yatangaje ko ubwo yigaga muri Kaminuza, yakuyemo inda inshuro nyinshi, kugera ubwo yashakaga kubyara akabanza kubura urubyaro.
Reba inkuru
Perezida Kagame yemereye ubwenegihugu DJ Irra
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yemereye ubwenegihugu bw’u Rwanda Iradukunda Grace Divine ukomoka i Burundi akaba yaramenyekanye nka DJ Irra, mu bijyanye no kuvanga imiziki mu myidagaduro mu Rwanda.
Reba inkuruDanny Nanone yasabye inzego za Leta kwita ku kibazo cy’abagabo bahohoterwa
Umuraperi Danny Nanone yagaragaje ko hari abagabo bahohoterwa kenshi bagaceceka, akaba asaba inzego zitandukanye za Leta guhagurukira iki kibazo kuko ari kimwe mu bibangamiye benshi ariko bidakunze kuvugwa cyane.
Reba inkuru
‘Uwasaba yasaba Papa PK’- DJ Ira avuga ku kuba hatangiwe inzira zo kumuha ubweneguhugu bw’u Rwanda
Umurundikazi Iradukunda Grace Divine wamenyekanye nka DJ Ira ari mu byishimo nyuma yo guhamagarwa n’ Urwego rw’Abinjira n’Abasohoka, DGIE, ngo hatangirwe inzira zo kumuha ubwenegihugu bw’u Rwanda.
Reba inkuru
DJ Ira wemerewe ubwenegihugu bw'u Rwanda ni muntu ki?
Ibyishimo ni byose ku Murundikazi Iradukunda Grace Divine wamamaye nka DJ Ira mu kazi ko kuvanga umuziki, nyuma y'uko Perezida Paul Kagame amwemereye ubwenegihugu bw'u Rwanda ku wa 16 Werurwe 2025, agahita asaba ababishinzwe kubikurikirana vuba uwo mukobwa akabuhabwa.
Reba inkuru
Rema yakomoje ku ngaruka yatewe n'abamushinje kuba mu muryango wa Illuminati
Umuhanzi Divine Ikubor wamamaye ku mazina ya Rema muri muzika ya Afurika yatangaje ko yagizweho n'ingaruka n' inkuru zavuzwe mu myaka yashize ko akorana n'umuryango wa Illuminati, zatumye atakaza abafana benshi.
Reba inkuru
Umuhanzi Shema Jules yashyize hanze indirimbo nshya
Umwe mu bahanzi bari kuzamuka neza mu muziki wo kuramya no gihimbaza Imana (gospel), Shema Jules yamurikiye abakunzi b’umuziki nyarwanda indirimbo nshya yise “Yahweeh”.
Reba inkuru
Nigeria: Nyina w’Umuhanzi 2Baba yiyamye Depite Natasha ku muhungu we
Rose Idibia akaba nyina w'Umuhanzi 2Baba wo muri Nigeria, yasabye Umudepite mu Nteko Ishinga Amategeko ya Leta ya Edo , Natasha Osawaru kuva ku muhungu we, ndetse agakuramo impeta aheruka kumwambika amusaba ko bashyingiranwa.
Reba inkuru
Bad Rama akomeje guhangayikisha abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga
Bad Rama uri mu bafite ibikorwa mu ruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda birimo inzu The Mane Music Label ifasha abahanzi, akomeje guhangiyikisha bamwe mu bamukurikira ku mbuga nkoranyambaga batekereje ko ashobora no kwiyahura, nyuma y'ibibazo bye amaze iminsi azinyuzaho ariko kuri iyi nshuro akaba yavuze ko aticuza kuba yarabivuze, akongeraho ko ari ryo "Jambo rya nyuma" abwiye abamukurikira.
Reba inkuru
Ingaruka nziza zo gusinzira wambaye ubusa - Ubushakashatsi
Ubushakashatsi buvuga ko kuryama ugasinzira wambaye ubusa bishobora kugufasha kugira ibitotsi byiza ndetse no kugira ubuzima bwiza muri rusange, yaba ku mubiri wawe no ku buzima bwo mu mutwe, dore ko buvuga ko binagufasha gusinzira vuba bikaba byanakurinda kwibasirwa n'umubyibuho ukabije.
Reba inkuru
Icyo RIB ivuga iki ku kibazo cya Dany Nanone n’uwo babyaranye
Umuvugizi wa RIB Dr. Murangira BThierry ubwo yagiraga icyo avuga ku kibazo cya Dany Nanone na Busandi Moreen babyaranye, yavuze ko uyu muhanzi akwiye kubahiriza inshingano ze, ariko anenga na Moreen babyaranye.
Reba inkuru