imyidagaduro
Izindi Nkuru

Senderi Hit akomeje urugendo rw’ ibitaramo bizenguruka igihugu
Umuhanzi Senderi Hit umaze iminsi yiyemeje gukora ibitaramo bizenguruka igihugu yakomereje i Musanze "Byangabo" mu rugendo rw’ibitaramo bizenguruka igihugu mu kwizihiza imyaka 20 ishize amaze ari mu muziki.
Reba inkuru
Bull Dogg anezezwa n’uko umuziki wa Hip Hop usigaye ufatwa mu Rwanda
Mu myaka irenga 15 ishize, ijwi ry’abaraperi benshi mu Rwanda ryakunze kumvikanamo amaganya n’umubabaro dore ko umuziki wa Hip Hop wafatwaga nk’injyanye y’uburara.
Reba inkuru
Perezida Trump yemeje ko umuraperi P. Diddy yamusabye imbabazi
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yemeje ko Diddy yamusabye imbabazi nyuma yo gukatirwa igifungo cy’imyaka ine n’amezi abiri.
Reba inkuru
Niyonizera Judith watandukanye na Safi aritegura kwibaruka umwana wa kabiri
Niyonizera Judith uzwi nka Judy Boss Lady n’umugabo we King Dustin barimo kwitegura kwibaruka ubuheta.
Reba inkuruElon Musk yatangije ubukangurambaga bushishikariza abantu kureka gukoresha Netflix
Elon Musk yatangije ubukangurambaga bwo gushishikariza abantu kureka gka biturutse kuri hashtag #CancelNetflix yiganje ku rubuga rwa X, ndetse bamwe bamaganye Netflix bavuga ko itera abana ibitekerezo by’imyemerere itandukanye.ukoresha Netflix
Reba inkuru
Tyrese Gibson ari gushakishwa na Polisi
Tyrese Gibson arimo gushakishwa na polisi ya Fulton County (FCPD) mu mujyi wa Atlanta, nyuma y’uko imbwa ze enye zo mu bwoko bwa Cane Corso zikekwaho kwica imbwa y’umuturanyi mu gace ka Buckhead.
Reba inkuru
Finland: Umuhanzi Doddy yahishuye icyatumye asimbuza Madebeats ku ndirimbo ye nshya
Umuhanzi w’umunyarwanda Doddy Uwihirwe yatangaje ko yatangiye gukora ku ndirimbo ye ‘Fall in Love’ atekereza ko azayikorerwa na Produce Made Beats ariko birangira ahisemo Kenny Vybz mu ikorwa ry’amajwi yayo (Audio).
Reba inkuru
Hatangiye gutoranwa abazahabwa igihembo nyamukuru muri Art Rwanda Ubuhanzi- All Star Edition
Kuri uyu wa Kabiri tariki 26 Kanama 2025, hatangiye igikorwa kizamara iminsi ibiri cyo guhuriza hamwe abanyempano bagiye batsinda mu marushanwa ya 'Art Rwanda Ubuhanzi' kuva mu myaka yatambutse.
Reba inkuru
Konti y'umunyarwenya Napi Official yahagaritswe kuri TikTok.
Konti y'umunyarwenya Jose Angel Napi Ondo ufite inkomoko muri Guinée Equatoriale yari imaze kugira abayikurikira bagera kuri miliyoni 5.2 ntikigaragara ku rubuga rwa TikTok.
Reba inkuru
Ibyibanze wamenya ku bikubiye mu gitabo “An Open Jail” cya Tonzi
Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Uwitonze Clementine [Tonzi] ari mu myiteguro yo kumurika igitabo cye cya mbere yise “An Open Jail: When the World Crucifies You”.
Reba inkuru
Umuraperi Gauchi yataguje album nshya
Umuraperi nyarwanda Gauchi yateguje ye nshya yise “Collabo” izajya hanze mu minsi iri imbere.
Reba inkuru
The Ben yongeye gushima Tom Close wamwinjije mu muziki none akaba ari kwandika amateka
Mugisha Benjamin [The Ben], umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki nyarwanda no hanze y’igihugu, yongeye gusangiza abakunzi be ibice bitamenyerewe by’urugendo rwe, by’umwihariko ishimwe agendana kubera Muyombo Thomas [Tom Close].
Reba inkuru
Akundwa cyane n’igitsina gore- Ibidasanzwe wamenya kuri Joshua Baraka ugiye gutaramira i Kigali
Joshua Baraka umusore w’imyaka 25 ukomeje kwigarira Isi binyuze mu muziki, ni umwe mu bakomeje guhindura byinshi mu muziki wa Uganda ku rwego mpuzamahanga.
Reba inkuru
Israel Mbonyi akomeje kuyobora abahanzi nyarwanda i Mahanga
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Mbonyicyambu Israel akomeje guserukira neza umuziki nyarwanda i Mahanga binyuze ku mbuga zitandukanye zicurangirwaho umuziki nka Youtube.
Reba inkuru
Levixone n'umukunzi we Desire Luzinda batangaje amatariki y'ubukwe bwabo
Sam Lucas Lubyogo wamamaye nka Levixone na Desire Luzinda bemeje ko bazakora ubukwe tariki 15 Kanama 2025.
Reba inkuru
Ibintu 10 umuhanzi ukiri muto akwiriye kwitaho no gukurikiza
Umuhanzi cyangwa undi umuntu uwo ari wese ukeneye gutera imbere hari ibintu aba akwiye kwitaho bizamufasha kubaka ubwami bwe bukabaho igihe kirekire.
Reba inkuru
Lionel Sentore agiye kumurika album ye ya mbere yitiriye indirimbo "Uwangabiye"
Umuhanzi Lionel Sentore agiye kumurika album ye ya mbere yitiriye indirimbo " Uwangabiye"indirimbo yamamaye cyane mu bihe byo kwamamaza Perezida Paul Kagame mu 2024.
Reba inkuru
Bishop Gafaranga anakurikiranweho gukubita umugore we Annet Murava
Habiyaremye Zacharie wamenyekanye nka Bishop Gafaranga uherutse gutabwa muri yombi, anakurikiranyweho ibyaha byo gukubita no gukomeretsa no guhoza ku nkenke umugore we Annet Murava.
Reba inkuru
Dosiye ya Bishop Gafaranga yagejejwe mu Bushinjacyaha
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwemeje ko dosiye ya Bishop Gafaranga uherutse gutabwa muri yombi rwamaze kuyishyikiriza ubushinjacyaha.
Reba inkuru
"“Iyo igutindije iragutegera.” Judith Niyonizera wahoze ari umugore wa Safi wakoze ubukwe ku nshuro ya kabiri (Amafoto)
Judith Niyonizera watandukanye n'umuhanzi Safi Madiba, yongeye gukora ubukwe n’umugabo bamaze igihe kinini bakundana.
Reba inkuru
Iby’urukundo rwa Dabijou n’umushoramari wo muri Kenya byaba byamenetsemo amazi?
Muri iyi minsi nyuma y’uko Munezero Rosine wamamaye nka Dabijou yaciye amarenga y’urukundo n’umugabo w’umushoramari ukomeye muri Kenya witwa Jamal Marlow Rohosafi ukunze kwiyita Jimal Rohosafi, uyu mugabo we ari kwishyirira hanze amashusho y’uwahoze ari umugore we witwa Wangari nubwo hamaze iminsi havugwa gatanya mu rugo rwabo.
Reba inkuru




