imyidagaduro
Izindi Nkuru

The Ben yongeye gushima Tom Close wamwinjije mu muziki none akaba ari kwandika amateka
Mugisha Benjamin [The Ben], umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki nyarwanda no hanze y’igihugu, yongeye gusangiza abakunzi be ibice bitamenyerewe by’urugendo rwe, by’umwihariko ishimwe agendana kubera Muyombo Thomas [Tom Close].
Reba inkuru
Akundwa cyane n’igitsina gore- Ibidasanzwe wamenya kuri Joshua Baraka ugiye gutaramira i Kigali
Joshua Baraka umusore w’imyaka 25 ukomeje kwigarira Isi binyuze mu muziki, ni umwe mu bakomeje guhindura byinshi mu muziki wa Uganda ku rwego mpuzamahanga.
Reba inkuru
Israel Mbonyi akomeje kuyobora abahanzi nyarwanda i Mahanga
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Mbonyicyambu Israel akomeje guserukira neza umuziki nyarwanda i Mahanga binyuze ku mbuga zitandukanye zicurangirwaho umuziki nka Youtube.
Reba inkuru
Levixone n'umukunzi we Desire Luzinda batangaje amatariki y'ubukwe bwabo
Sam Lucas Lubyogo wamamaye nka Levixone na Desire Luzinda bemeje ko bazakora ubukwe tariki 15 Kanama 2025.
Reba inkuru
Ibintu 10 umuhanzi ukiri muto akwiriye kwitaho no gukurikiza
Umuhanzi cyangwa undi umuntu uwo ari wese ukeneye gutera imbere hari ibintu aba akwiye kwitaho bizamufasha kubaka ubwami bwe bukabaho igihe kirekire.
Reba inkuru
Lionel Sentore agiye kumurika album ye ya mbere yitiriye indirimbo "Uwangabiye"
Umuhanzi Lionel Sentore agiye kumurika album ye ya mbere yitiriye indirimbo " Uwangabiye"indirimbo yamamaye cyane mu bihe byo kwamamaza Perezida Paul Kagame mu 2024.
Reba inkuru
Bishop Gafaranga anakurikiranweho gukubita umugore we Annet Murava
Habiyaremye Zacharie wamenyekanye nka Bishop Gafaranga uherutse gutabwa muri yombi, anakurikiranyweho ibyaha byo gukubita no gukomeretsa no guhoza ku nkenke umugore we Annet Murava.
Reba inkuru
Dosiye ya Bishop Gafaranga yagejejwe mu Bushinjacyaha
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwemeje ko dosiye ya Bishop Gafaranga uherutse gutabwa muri yombi rwamaze kuyishyikiriza ubushinjacyaha.
Reba inkuru
"“Iyo igutindije iragutegera.” Judith Niyonizera wahoze ari umugore wa Safi wakoze ubukwe ku nshuro ya kabiri (Amafoto)
Judith Niyonizera watandukanye n'umuhanzi Safi Madiba, yongeye gukora ubukwe n’umugabo bamaze igihe kinini bakundana.
Reba inkuru
Iby’urukundo rwa Dabijou n’umushoramari wo muri Kenya byaba byamenetsemo amazi?
Muri iyi minsi nyuma y’uko Munezero Rosine wamamaye nka Dabijou yaciye amarenga y’urukundo n’umugabo w’umushoramari ukomeye muri Kenya witwa Jamal Marlow Rohosafi ukunze kwiyita Jimal Rohosafi, uyu mugabo we ari kwishyirira hanze amashusho y’uwahoze ari umugore we witwa Wangari nubwo hamaze iminsi havugwa gatanya mu rugo rwabo.
Reba inkuru
Kwaba ari ugukunda kurira ifoto ku bahanzi Nyarwanda?
Bimaze kugaragara ko mu bihe bitandukanye, bamwe mu bahanzi Nyarwanda bamurika albums zabo ugasanga mu gihe cyo kuzimurika hari abakire n’abandi bakunzi b’umuziki Nyarwanda bemera kuzigura bakabivugira mu ruhame mu kugaragaza ko bashyigikiye abo bahanzi, bikarangira bategereje ayo mafaranga amaso agahera mu kirere.
Reba inkuru
Joni Boy wamariye muri "Nimba Padiri" yaragukanye indirimbo nshya (+Video)
Jani Boy umuhanzi nyarwanda ukorera umuziki we hanze y’u Rwanda muri Sweden arakataje mu bikorwa bye bye muzika aho ubu yagarukanye indirimbo nshya yise "Kuri Date".
Reba inkuruMaranatha Family Choir yateguje Album yabo ya mbere
Maranatha Family Choir yashyize hanze indirimbo nshya bise “Irasubiza” ndetse bahita bateguza album yabo ya mbere izajya hanze mu minsi iri imbere.
Reba inkuru
Yatewe urushinje rumurinda kubabara abyara: Uwicyeza Pamella yahishuye ibyo yanyuzemo atwite
Uwicyeza Pamella yahishuye byinshi ku rugendo rwe rwo gutwita bwa mbere ndetse no guca mu bihe by’iminsi ya mbere ikurikira kubyara (Post-Partum), avuga ko ajya kubyara yatewe urushinge rutuma umugore abyara atari kumva ububabare (epidural injection), ndetse ko ajya kubyara yari kumwe n’umugabo we The Ben.
Reba inkuru
Meddy na Mimi bibarutse umuhungu
Ibyishimo ni byose mu rugo rw'umuhanzi Ngabo Medard ’Meddy’ n'umugore we Mimi Mehfira bamaze kwibaruka nyuma yo kwibaruka umwana wabo wa kabiri bise Zayn Ngabo.
Reba inkuru
Umuraperi Gweda 21 yashyize hanze amashusho y'indirimbo nshya (+ Video)
Umuraperi Gweda 21 nyuma y'amezi atandatu ashize hanze indirimbo yise "Sorry" yagarukanye indi nshya yise "All My Life" avuga ko igaruka ku guhindura umuziki nyarwanda.
Reba inkuru
Rushimisha yashyize hanze igitabo kibumbatiye amateka n’ibigwi bya Brig Gen Makanika
Samuel Rushimisha wavukiye i Rurambo mu Burasirazuba bwa DRC yashyize ku isoko igitabo yise "Leave by leaving a Legacy" kigaruka kubigwi n'amateka bya Brig Gen Rukunda Michel uzwi nka Makanika, wari umuyobozi w’Umutwe wa Twirwaneho, ugamije kurengera Abanyamulenge batotezwa na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Reba inkuru
DJ Ira yabaye Umunyarwandakazi mu buryo budasubirwaho
Iradukunda Grace Divine uzwi nka DJ Ira uherutse kwemererwa guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda na Perezida Paul Kagame, yabuhawe mu buryo budasubirwaho nyuma yo gukora indahiro y'abahabwa ubwenegihugu bw'u Rwanda.
Reba inkuru
Senderi, Jehovah Jireh Choir, Umusizi Murekatete mu bakoze indirimbo zagufasha mu cyumweru cy’Icyunamo
Kuri uyu wa 7 Mata 2025, Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda n’ahandi ku Isi yose batangiye icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yahitanye abasaga miliyoni mu gihe cy’iminsi 100.
Reba inkuru
Alikiba yifatanyije n'Abanyarwanda muri ibihe byo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi
Umuririmbyi Ali Saleh Kiba wamamaye nka Alikiba muri muzika, yifatanyije n’Abanyarwanda ndetse n’inshuti z'u Rwanda mu Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Reba inkuru
DJ Lamper agiye gutangiza ibitaramo ngaruka kwezi
Eric Lavio Lamperti benshi bamenye ku izina rya DJ Lamper, akaba umwe mu ba DJs bagezweho mu Mujyi wa Kigali yateguje ibitaramo ngaruka kwezi yise "Atmosfera”.
Reba inkuru