imyidagaduro
Izindi Nkuru

Joni Boy wamariye muri "Nimba Padiri" yaragukanye indirimbo nshya (+Video)
Jani Boy umuhanzi nyarwanda ukorera umuziki we hanze y’u Rwanda muri Sweden arakataje mu bikorwa bye bye muzika aho ubu yagarukanye indirimbo nshya yise "Kuri Date".
Reba inkuruMaranatha Family Choir yateguje Album yabo ya mbere
Maranatha Family Choir yashyize hanze indirimbo nshya bise “Irasubiza” ndetse bahita bateguza album yabo ya mbere izajya hanze mu minsi iri imbere.
Reba inkuru
Yatewe urushinje rumurinda kubabara abyara: Uwicyeza Pamella yahishuye ibyo yanyuzemo atwite
Uwicyeza Pamella yahishuye byinshi ku rugendo rwe rwo gutwita bwa mbere ndetse no guca mu bihe by’iminsi ya mbere ikurikira kubyara (Post-Partum), avuga ko ajya kubyara yatewe urushinge rutuma umugore abyara atari kumva ububabare (epidural injection), ndetse ko ajya kubyara yari kumwe n’umugabo we The Ben.
Reba inkuru
Meddy na Mimi bibarutse umuhungu
Ibyishimo ni byose mu rugo rw'umuhanzi Ngabo Medard ’Meddy’ n'umugore we Mimi Mehfira bamaze kwibaruka nyuma yo kwibaruka umwana wabo wa kabiri bise Zayn Ngabo.
Reba inkuru
Umuraperi Gweda 21 yashyize hanze amashusho y'indirimbo nshya (+ Video)
Umuraperi Gweda 21 nyuma y'amezi atandatu ashize hanze indirimbo yise "Sorry" yagarukanye indi nshya yise "All My Life" avuga ko igaruka ku guhindura umuziki nyarwanda.
Reba inkuru
Rushimisha yashyize hanze igitabo kibumbatiye amateka n’ibigwi bya Brig Gen Makanika
Samuel Rushimisha wavukiye i Rurambo mu Burasirazuba bwa DRC yashyize ku isoko igitabo yise "Leave by leaving a Legacy" kigaruka kubigwi n'amateka bya Brig Gen Rukunda Michel uzwi nka Makanika, wari umuyobozi w’Umutwe wa Twirwaneho, ugamije kurengera Abanyamulenge batotezwa na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Reba inkuru
DJ Ira yabaye Umunyarwandakazi mu buryo budasubirwaho
Iradukunda Grace Divine uzwi nka DJ Ira uherutse kwemererwa guhabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda na Perezida Paul Kagame, yabuhawe mu buryo budasubirwaho nyuma yo gukora indahiro y'abahabwa ubwenegihugu bw'u Rwanda.
Reba inkuru
Senderi, Jehovah Jireh Choir, Umusizi Murekatete mu bakoze indirimbo zagufasha mu cyumweru cy’Icyunamo
Kuri uyu wa 7 Mata 2025, Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda n’ahandi ku Isi yose batangiye icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yahitanye abasaga miliyoni mu gihe cy’iminsi 100.
Reba inkuru
Alikiba yifatanyije n'Abanyarwanda muri ibihe byo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi
Umuririmbyi Ali Saleh Kiba wamamaye nka Alikiba muri muzika, yifatanyije n’Abanyarwanda ndetse n’inshuti z'u Rwanda mu Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Reba inkuru
DJ Lamper agiye gutangiza ibitaramo ngaruka kwezi
Eric Lavio Lamperti benshi bamenye ku izina rya DJ Lamper, akaba umwe mu ba DJs bagezweho mu Mujyi wa Kigali yateguje ibitaramo ngaruka kwezi yise "Atmosfera”.
Reba inkuru
Cyusa Ibrahim atewe ikimwaro no kuba yarambuye Bubu wa EAP
Cyusa Ibrahim yatangaje ko amaranye igihe afite agahinda gakomeye ku mutima nyuma yo kunanirwa kwishyura Mushyoma Joseph uzwi nka Bubu, amafaranga bari bemeranyije ngo amuhe ibyuma byifashishijwe mu gitaramo mu 2024.
Reba inkuru
Bruce Melodie yongeye kugaragaza inyota yo gutwara Grammy Award
Ku nshuro ya kabiri Bruce Melodie yongeye kugaragaza ko bidatinze azegukana Grammy Award kimwe mu bihembo bikomeye mu muziki ku Isi mu bijyanye n’imyidagaduro.
Reba inkuru
Amb. Olivier Nduhungirehe yanyuzwe na album ya Ariel Wayz
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe; yatangaje ko yumvise indirimbo zigize album y’umuhanzikazi Ariel Wayz zikamunyura, ndetse agaraza izo yakunze.
Reba inkuru
Urutonde rw’abagore umunani Bob Marley yabyaranye na bo
Bob Marley wabaye umwe mu bahanzi bubatse amateka mu Njyana ya Reggae ndetse akabiba urukundo muri benshi kubera imbwirwaruhame ze, yanasize izina i musozi ryo kuba yarihaga akabyizi cyane, dore ko abagore bazwi yabyaranye na bo ari umunani.
Reba inkuru
Urutonde rw’abagore umunani Bob Marley yabyaranye na bo
Bob Marley wabaye umwe mu bahanzi bubatse amateka mu Njyana ya Reggae ndetse akabiba urukundo muri benshi kubera imbwirwaruhame ze, yanasize izina i musozi ryo kuba yarihaga akabyizi cyane, dore ko abagore bazwi yabyaranye na bo ari umunani.
Reba inkuru
Element yigaramye iby’urukundo ruvugwa hagati ye na Sherrie Silver
Element EleéeH yamaganiye kure inkuru zari zitangiye gukwirakwizwa ku mbuga nkoranyambaga zivuga ko uyu muhanzi akaba n’utunganya indirimbo muri 1:55 AM yaba ari mu rukundo n’umubyinnyi wabigize umwuga Sherrie Silver.
Reba inkuru
Umukinnyi wa Filime Killaman ari mu gahinda nyuma yo kwibwa shene ze za Youtube
Umukinnyi wa Filime Niyonshuti Yannick wamamaye ku mazina ya Killaman, ari kurira ayo kwarika nyuma y’uko agabweho igitero n’abamwibye shene ze za ‘Youtube’ yacishagaho filime ze zose.
Reba inkuruCyusa Ibrahim Yasabye Urubyiruko Kuzirikana Ubutwari Bwaranze Inkotanyi
Cyusa Ibrahim yacyeje ubutwari bw’Inkotanyi mu ndirimbo nshya asabye urubyiruko kuzirikana ubutwari bwaranze Inkotanyi, bityo na bo bagaharanira kugera ikirenge mu cy’ababohoye u Rwanda.
Reba inkuru
Bull Dogg Yakirigise Amarangamutima y'Abakunzi ba Jay Polly
Bull Dogg yakirigise amarangamutima y'abakunzi b'umuziki wa Hip Hop nyarwanda n'aba Jay Polly.
Reba inkuru
Ngwinondebe Yigaramye Iby'umubano wihariye Bivugwa ko afitanye na Murungi Sabin na Danny Nanone
Ngwinondebe Josette wavuzwe mu nkuru zirimo kugirana umubano wihariye n'abarimo umuraperi Danny Nanone ndetse n'umunyamakuru Murungi Sabin yamaganiye kure iby'izi nkuru zakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga mu gihe cyashize kugeza n'ubu.
Reba inkuruUmuraperi Fireman yavuye mu kigo cya Huye Isange Rehabilitation Centre
Umuraperi Uwimana Fransis wamamaye muri muzika Nyarwanda nka Fireman, yamaze gusezerwa mu kigo cya Huye Isange Rehabilitation Centre yagezemo muri Mutarama 2025.
Reba inkuru