imyidagaduro
Izindi Nkuru
Umwihariko w’ibihangano by’ubugeni byamuritswe na Teta Mediatrice wanyuze muri Art-Rwanda Ubuhanzi
Umwihariko w’ibihangano by’ubugeni byamuritswe na Teta Mediatrice wanyuze muri Art-Rwanda Ubuhanzi

Umunyabugeni Teta Mediatrice Uwamahoro aherutse ku murika ibihangano bishya bigera kuri 41 binyuze mu imurikabikorwa (Exhibition) yise “Changeable Mindset” guhinduka kw’imyumvire, igikorwa yateguye mu myaka ibiri yose.

Reba inkuru
Ntabwo yemerewe kujya murukundo Ibyo wamenya Kubikubiye Mumasezerano Ayra star yagiranye na roc nation Ya Jay Z.
Ntabwo yemerewe kujya murukundo Ibyo wamenya Kubikubiye Mumasezerano Ayra star yagiranye na roc nation Ya Jay Z.

Ayra Star yasinye amasezerano y’imikoranire na Roc Nation ya Jay-Z y’imyaka itanu. Ni inkuru yaje ari nziza mu bakunzi b’umuziki w’abo muri Afurika dore ko ari izindi mbaraga ziyongereye mu kugeza kure ijwi ry’Afrobeats.

Reba inkuru
Umuyobozi wa Air Canada yeguye kubera kutavuga Igifaransa.
Umuyobozi wa Air Canada yeguye kubera kutavuga Igifaransa.

Umuyobozi Mukuru wa Air Canada, Michael Rousseau, yeguye kuri iyi mirimo nyuma y’uko anenzwe cyane ko atavuze Igifaransa ubwo yihanganishaga imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka yahitanye abapilote babiri, Mackenzie Gunther na Antoine Forest.

Reba inkuru
Rurageretse hagati ya Bad Bunny urimo kwishyuza Mr Eazi Miliyoni 666 Frw
Rurageretse hagati ya Bad Bunny urimo kwishyuza Mr Eazi Miliyoni 666 Frw

Urubanza ruregwamo umuhanga mu gutunganya indirimbo Dera, emPawa ya Mr Eazi rwabaye ku wa 9 Werurwe 2026 ariko hari impande zititabiriye bitewe n'uko no ku wa 06 Werurwe 2026 habuze ababurana mu cyumba cy'iburana barimo Dera wakoze indirimbo ya Joe Boy bivugwa ko bashishuye iya Bad Bunny.

Reba inkuru
Umuraperi Pacson agiye kubagwa igufa nyuma yo kuvunika itako bikabije
Umuraperi Pacson agiye kubagwa igufa nyuma yo kuvunika itako bikabije

Umuraperi Pacson ari mu gahinda gakomeye nyuma yo guhura n’impanuka yaturutse ku mufana wamusunitse atabishaka bikamuviramo kuvunika igufa ryo mu itako.

Reba inkuru
Gupfusha imfura y’amezi atanu byashibutsemo inganzo ya Ben na Chance
Gupfusha imfura y’amezi atanu byashibutsemo inganzo ya Ben na Chance

Itsinda ry’abaririmbyi baramya bakanahimbaza Imana, Pastor Benjamin Serugo na Mbanza Chance, bazwi nka Ben na Chance bahishuye ko indirimbo zabo nyinshi zituruka ku buzima bwabo bwite n’ibyo banyuramo mu rugendo rwabo n’Imana, urubyaro rwabo ndetse n’ibindi bishingiye ku kwizera.

Reba inkuru
Nyuma yo guhohotera umugabo we Umugore warashe kwa Rihanna agiye gufungwa burundu
Nyuma yo guhohotera umugabo we Umugore warashe kwa Rihanna agiye gufungwa burundu

Ivanna Ortiz w’imyaka 35 y’amavuko, ushinjwa kurasa ku nzu ya Rihana na A$AP Rocky iherereye i Beverly Hills, ashobora gukatirwa gufungwa burundu nyuma y’uko ashinjwe ibyaha 14 byo mu rwego rwo hejuru birimo no kugambirira kwica.

Reba inkuru
Cyusa Ibrahim na Layan Mpano bahuje amaboko mu ndirimbo ‘Rusanga n’Izayo’
Cyusa Ibrahim na Layan Mpano bahuje amaboko mu ndirimbo ‘Rusanga n’Izayo’

Umuhanzi mu njyana gakondo, Cyusa Ibrahim na mugenzi we Mpano Layan bahurije Imbaraga mu ndirimbo ‘Rusanga n’Izayo’ ishyigikira gakondo n’urukundo rw’igihugu.

Reba inkuru
Uko ubuhamya bya Prince Salomon bwashibutsemo indirimbo nshya
Uko ubuhamya bya Prince Salomon bwashibutsemo indirimbo nshya

Umuhanzi Prince Salomon yasohoye amashusho y’indirimbo ye nshya yise “BABA”, indirimbo yibanda ku butumwa bwo gushimira Imana ku mirimo yakoze mu buzima bwe no ku rukundo rwayo rutajya rumusiga mu bihe bitandukanye yanyuzemo.

Reba inkuru
Umucuruzi wibiyobyabwenge El Mencho yashyinguwe mu isanduku ya Zahabu
Umucuruzi wibiyobyabwenge El Mencho yashyinguwe mu isanduku ya Zahabu

Rimwe mu mabandi akomeye mu gihugu cya Mexique, Nemesio Oseguera Cervantes uzwi nka El Mencho, uherutse kwicwa na guverinoma ya Mexique, yashyinguwe mu isanduku ya zahabu.

Reba inkuru
Dj Toxxyk agiye kuburana mu mizi
Dj Toxxyk agiye kuburana mu mizi

Ubushinjacyaha ku rwego rw’Ibanze bwaregeye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge urubanza mu mizi rwa Shema Arnaud de Bosscher wamenyekanye nka Dj Toxxyk.

Reba inkuru
Ados Muzika yahuje imbaraga na Skilibombe mu ndirimbo yabo nshya “Imirimo ya Big Boy”
Ados Muzika yahuje imbaraga na Skilibombe mu ndirimbo yabo nshya “Imirimo ya Big Boy”

Umuhanzi w’umunyarwanda Ados Muzika ukorera umuziki ku mugabane w’u Burayi, muri Pologne, yasohoye indirimbo nshya yise “Imirimo ya Big Boy’” yakoranye na Skilibombe, ashimangira ko ari intangiriro y’urugendo rushya rw’ibihangano ateganya gushyira hanze muri uyu mwaka wa 2026.

Reba inkuru
Abarimo Djihad, Pappy Nesta, na KJohn bakatiwe gufungwa imyaka itatu
Abarimo Djihad, Pappy Nesta, na KJohn bakatiwe gufungwa imyaka itatu

Nyuma yo kuburana mu mizi ku cyaha bacyekwagaho cyo gukwirakwiza amashusho yerekeye imikoreshereze y’ibitsina, abakubiye muri dosiye y’ikirego cy’umuhazi Yampano bamaze gukatirwa.

Reba inkuru
Nyuma yimyaka Icyenda akorera RBA Gloria Mukamabano yasezezeye kuri Television Yigihugu.
Nyuma yimyaka Icyenda akorera RBA Gloria Mukamabano yasezezeye kuri Television Yigihugu.

Umunyamakuru Gloria mukamabano yasezeye nyuma yimyaka ikenda yari amaze akora kuri RBA gusa ntabwo yigeze atangaza ikigiye gukurikiraho cyangwa ahandi agiye kwerekeza.

Reba inkuru
Nyuma ya Andy bumuntu Uncle Austin nawe yasezeye kuri Kiss FM.
Nyuma ya Andy bumuntu Uncle Austin nawe yasezeye kuri Kiss FM.

Umunyamakuru akaba umuhanzi na rwiyemezamirimo, Austin Tosh Luwano (Uncle Austin) yasezeye radiyo ya Kiss FM yakoreraga.

Reba inkuru
Ihangana rirakomeje Paramount yongeye kuzamura igiciro cyo kugura Warner Bros ihanganiye na Netflix.
Ihangana rirakomeje Paramount yongeye kuzamura igiciro cyo kugura Warner Bros ihanganiye na Netflix.

Paramount skydance yazamuye igiciro cyo kugura Warner Bros kigera kuri $31 ku mugabane, mu gihe Netflix nayo yari yamaze kumvikana kuyigura. Ibi bishobora gutuma hatangira ihangana rikomeye ku isoko ry’imyidagaduro muri Hollywood.

Reba inkuru
Umuhanzi Bill Ruzima yatawe muri yombi
Umuhanzi Bill Ruzima yatawe muri yombi

Umuhanzi Bill Ruzima yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranyweho kunywa no gutunda ibiyobyabwenge, biri mu bwoko bw’urumogi.

Reba inkuru
Papa Cyangwe yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza urukundo yakundaga Gaby Kamanzi
Papa Cyangwe yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza urukundo yakundaga Gaby Kamanzi

Umuraperi Papa Cyangwe yatangaje ko kuva kera yakundaga umuhanzikazi wa gospel Gaby Kamanzi, ibintu byateje impaka ku mbuga nkoranyambaga. Ibi bije mu gihe akomeje kwizihiza imyaka itanu amaze mu muziki no kugaragaza impinduka mu buzima bwe bwite.

Reba inkuru
Impamvu bamwe mu bakoresha ibiyobyabwenge bajyanwa muri 'Rehab' abandi bagafungwa
Impamvu bamwe mu bakoresha ibiyobyabwenge bajyanwa muri 'Rehab' abandi bagafungwa

Benshi mu bakoresha imbuga nkoranyambaga bakunze kwibaza impamvu bamwe mu byamamare n’abandi bafatirwa mu ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge boherezwa mu Kigo Ngororamuco (Rehab), abandi bakanjyanwa bakajyanwa mu magororero.

Reba inkuru
Nyuma ya Richard Nick Ngendahayo ,Rev Emmanuel Ganza nawe arifuza gutaramira muri BK Arena
Nyuma ya Richard Nick Ngendahayo ,Rev Emmanuel Ganza nawe arifuza gutaramira muri BK Arena

Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Rev Emmanuel Ganza, yageze i Kigali aho yitabiriye igitaramo cya Richard Nick Ngendahayo kizabera muri BK Arena, tariki ya 29 Ugushyingo 2025, ndetse agaragaza inyota atewe no gutaramira muri iyi nyubako nyuma ya Richard Nick Ngendahayo.

Reba inkuru
Bobi Wine yatunguranye agaragara aririmba indirimbo ya Israel Mbonyi
Bobi Wine yatunguranye agaragara aririmba indirimbo ya Israel Mbonyi

Umuhanzi akaba n’umunyapolitiki Robert Kyagulanyi Ssentamu wamamaye nka Bobi Wine, ushaka kuyobora Uganda yagaragaye mu bikorwa byo kwiyamamaza we n’umugore we Barbara Itungo Kyagulanyi bari kuvuga Ikinyarwanda, ndetse nyuma yaho yagaragaye aririmba indirimbo ya Israel Mbonyi.

Reba inkuru