imyidagaduro
Izindi Nkuru
Ingabire Anitha yiyemeje gushyigikira abagore n’abakobwa kugera ku iterammbere
Ingabire Anitha yiyemeje gushyigikira abagore n’abakobwa kugera ku iterammbere

Rwiyemezamirimo Ingabire Anitha, washinze umuryango Anitha True Reflection of Humanity ufasha abangavu 100 babyaye imburagihe bo mu Murenge wa Kivumu, akomeje ibikorwa by’ubugiraneza aho yatanze Amata na Pampex byo gufasha abana bakiri bato mu mirenge itandukanye y’Akarere ka Rutsiro.

Reba inkuru
Yampano yatakambiye urukiko asaba kurekurwa
Yampano yatakambiye urukiko asaba kurekurwa

Ku uyu wa 23 Kamena 2026 Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwaburanishije urubanza rw'ubujurire bwatanzwe n'uworizagwira Florient alias Yampano.

Reba inkuru
Bebe Cool yasabye imbabazi Miss Mutesi Jolly
Bebe Cool yasabye imbabazi Miss Mutesi Jolly

Umugaba Mukuru w'Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba yatangaje ko Bebe Cool yasabye imbabazi Mutesi Jolly nyuma yo kumuharabika amwita umutubuzi.

Reba inkuru
Airtel Rwanda na ZTE bamuritse telefone nshya ya ZTE Blade A36
Airtel Rwanda na ZTE bamuritse telefone nshya ya ZTE Blade A36

Airtel Rwanda yifatanyije na ZTE mu kwagura ikwirakwira rya telefone zigezweho (Smartphones) ku batura rwanda binyuze muri gahunda ya ‘Hitamo Ibirenze’ yagenewe abakiriya bayo.

Reba inkuru
Umuryango wa Yampano watabaje umukuru w’Igihugu
Umuryango wa Yampano watabaje umukuru w’Igihugu

Umuryango w’umuhanzi Uworizagwira Florien (Yampano) wagaragaje ko nta bushobozi ufite bw’imibereho ndetse nubwo gushaka umunyamategeko ushobora kumwunganira akaba yafungurwa muri gereza ya Mageragere.

Reba inkuru
 Abasore Baryamanye Bari Babyumvikanyeho: Icyo Semuhungu Avuga Ku Byaha Akurikiranweho
Abasore Baryamanye Bari Babyumvikanyeho: Icyo Semuhungu Avuga Ku Byaha Akurikiranweho

Semuhungu Eric wamamariye ku mbuga nkoranyambaga mu Rwanda ntiyemera ibyo aregwa n’abasore babiri bamushinja kubasambanya ku gahato akavuga ko baryamanaga babishaka ndetse banabyumvikanyeho.

Reba inkuru
 Kwibuka32: Filimi “Beyond the Genocide” ikomeje kwandika amateka aho yifashishwa muri Kaminuza zo mu Rwanda no muri Brazil
Kwibuka32: Filimi “Beyond the Genocide” ikomeje kwandika amateka aho yifashishwa muri Kaminuza zo mu Rwanda no muri Brazil

Mu gihe u Rwanda n’Isi muri rusange bikomeje ibihe byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, filimi mbarankuru yitwa Beyond The Genocide yayobowe na Zion Sulaiman Mukasa Matovu, ikomeje kwandika amateka mashya mu rugendo rwa sinema y’u Rwanda ndetse no hirya no hino ku Isi aho irikwifashishwa mu Kwigisha amateka no mu biganiro byimbitse mu banyeshuri, cyane cyane muri za kaminuza zitandukanye kuva mu Rwanda kugera muri Brazil n’ibindi bihugu.

Reba inkuru
Eric Semuhungu yatawe muri yombi
Eric Semuhungu yatawe muri yombi

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry yatangaje ko Semuhungu Eric yatawe muri yombi ku wa 9 Mata 2026.

Reba inkuru
#Kwibuka32: Minisitiri Amb Nduhungirehe na Utumatwishima bifatanyije n'urubyiruko 12,000 rwitabiriye igikorwa cya “Our Past26”
#Kwibuka32: Minisitiri Amb Nduhungirehe na Utumatwishima bifatanyije n'urubyiruko 12,000 rwitabiriye igikorwa cya “Our Past26”

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe na Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Utumatwishima Abdallah, bifatanyije n'urubyiruko rurenga ibihumbi 12 rwitabiriye igikorwa “Our Past26”, kigamije kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.

Reba inkuru
RIB Yakebuye Abahanzi n'Urubyiruko Bihunza Ibikorwa Byo Kwibuka Bakigira Hanze y’u Rwanda
RIB Yakebuye Abahanzi n'Urubyiruko Bihunza Ibikorwa Byo Kwibuka Bakigira Hanze y’u Rwanda

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yakebuye abahanzi bacunga ibihe byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bigeze bakajya gukorera ubuhanzi bagahitamo gufata iya mbere bakigira hanze y’u Rwanda gukomeza ibikorwa by’imyidagaduro.

Reba inkuru
Umwihariko w’ibihangano by’ubugeni byamuritswe na Teta Mediatrice wanyuze muri Art-Rwanda Ubuhanzi
Umwihariko w’ibihangano by’ubugeni byamuritswe na Teta Mediatrice wanyuze muri Art-Rwanda Ubuhanzi

Umunyabugeni Teta Mediatrice Uwamahoro aherutse ku murika ibihangano bishya bigera kuri 41 binyuze mu imurikabikorwa (Exhibition) yise “Changeable Mindset” guhinduka kw’imyumvire, igikorwa yateguye mu myaka ibiri yose.

Reba inkuru
Ntabwo yemerewe kujya murukundo Ibyo wamenya Kubikubiye Mumasezerano Ayra star yagiranye na roc nation Ya Jay Z.
Ntabwo yemerewe kujya murukundo Ibyo wamenya Kubikubiye Mumasezerano Ayra star yagiranye na roc nation Ya Jay Z.

Ayra Star yasinye amasezerano y’imikoranire na Roc Nation ya Jay-Z y’imyaka itanu. Ni inkuru yaje ari nziza mu bakunzi b’umuziki w’abo muri Afurika dore ko ari izindi mbaraga ziyongereye mu kugeza kure ijwi ry’Afrobeats.

Reba inkuru
Umuyobozi wa Air Canada yeguye kubera kutavuga Igifaransa.
Umuyobozi wa Air Canada yeguye kubera kutavuga Igifaransa.

Umuyobozi Mukuru wa Air Canada, Michael Rousseau, yeguye kuri iyi mirimo nyuma y’uko anenzwe cyane ko atavuze Igifaransa ubwo yihanganishaga imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka yahitanye abapilote babiri, Mackenzie Gunther na Antoine Forest.

Reba inkuru
Rurageretse hagati ya Bad Bunny urimo kwishyuza Mr Eazi Miliyoni 666 Frw
Rurageretse hagati ya Bad Bunny urimo kwishyuza Mr Eazi Miliyoni 666 Frw

Urubanza ruregwamo umuhanga mu gutunganya indirimbo Dera, emPawa ya Mr Eazi rwabaye ku wa 9 Werurwe 2026 ariko hari impande zititabiriye bitewe n'uko no ku wa 06 Werurwe 2026 habuze ababurana mu cyumba cy'iburana barimo Dera wakoze indirimbo ya Joe Boy bivugwa ko bashishuye iya Bad Bunny.

Reba inkuru
Umuraperi Pacson agiye kubagwa igufa nyuma yo kuvunika itako bikabije
Umuraperi Pacson agiye kubagwa igufa nyuma yo kuvunika itako bikabije

Umuraperi Pacson ari mu gahinda gakomeye nyuma yo guhura n’impanuka yaturutse ku mufana wamusunitse atabishaka bikamuviramo kuvunika igufa ryo mu itako.

Reba inkuru
Gupfusha imfura y’amezi atanu byashibutsemo inganzo ya Ben na Chance
Gupfusha imfura y’amezi atanu byashibutsemo inganzo ya Ben na Chance

Itsinda ry’abaririmbyi baramya bakanahimbaza Imana, Pastor Benjamin Serugo na Mbanza Chance, bazwi nka Ben na Chance bahishuye ko indirimbo zabo nyinshi zituruka ku buzima bwabo bwite n’ibyo banyuramo mu rugendo rwabo n’Imana, urubyaro rwabo ndetse n’ibindi bishingiye ku kwizera.

Reba inkuru
Nyuma yo guhohotera umugabo we Umugore warashe kwa Rihanna agiye gufungwa burundu
Nyuma yo guhohotera umugabo we Umugore warashe kwa Rihanna agiye gufungwa burundu

Ivanna Ortiz w’imyaka 35 y’amavuko, ushinjwa kurasa ku nzu ya Rihana na A$AP Rocky iherereye i Beverly Hills, ashobora gukatirwa gufungwa burundu nyuma y’uko ashinjwe ibyaha 14 byo mu rwego rwo hejuru birimo no kugambirira kwica.

Reba inkuru
Cyusa Ibrahim na Layan Mpano bahuje amaboko mu ndirimbo ‘Rusanga n’Izayo’
Cyusa Ibrahim na Layan Mpano bahuje amaboko mu ndirimbo ‘Rusanga n’Izayo’

Umuhanzi mu njyana gakondo, Cyusa Ibrahim na mugenzi we Mpano Layan bahurije Imbaraga mu ndirimbo ‘Rusanga n’Izayo’ ishyigikira gakondo n’urukundo rw’igihugu.

Reba inkuru
Uko ubuhamya bya Prince Salomon bwashibutsemo indirimbo nshya
Uko ubuhamya bya Prince Salomon bwashibutsemo indirimbo nshya

Umuhanzi Prince Salomon yasohoye amashusho y’indirimbo ye nshya yise “BABA”, indirimbo yibanda ku butumwa bwo gushimira Imana ku mirimo yakoze mu buzima bwe no ku rukundo rwayo rutajya rumusiga mu bihe bitandukanye yanyuzemo.

Reba inkuru
Umucuruzi wibiyobyabwenge El Mencho yashyinguwe mu isanduku ya Zahabu
Umucuruzi wibiyobyabwenge El Mencho yashyinguwe mu isanduku ya Zahabu

Rimwe mu mabandi akomeye mu gihugu cya Mexique, Nemesio Oseguera Cervantes uzwi nka El Mencho, uherutse kwicwa na guverinoma ya Mexique, yashyinguwe mu isanduku ya zahabu.

Reba inkuru
Dj Toxxyk agiye kuburana mu mizi
Dj Toxxyk agiye kuburana mu mizi

Ubushinjacyaha ku rwego rw’Ibanze bwaregeye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge urubanza mu mizi rwa Shema Arnaud de Bosscher wamenyekanye nka Dj Toxxyk.

Reba inkuru