imyidagaduro
Izindi Nkuru

Kwibuka32: Filimi “Beyond the Genocide” ikomeje kwandika amateka aho yifashishwa muri Kaminuza zo mu Rwanda no muri Brazil
Mu gihe u Rwanda n’Isi muri rusange bikomeje ibihe byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, filimi mbarankuru yitwa Beyond The Genocide yayobowe na Zion Sulaiman Mukasa Matovu, ikomeje kwandika amateka mashya mu rugendo rwa sinema y’u Rwanda ndetse no hirya no hino ku Isi aho irikwifashishwa mu Kwigisha amateka no mu biganiro byimbitse mu banyeshuri, cyane cyane muri za kaminuza zitandukanye kuva mu Rwanda kugera muri Brazil n’ibindi bihugu.
Reba inkuru
Eric Semuhungu yatawe muri yombi
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry yatangaje ko Semuhungu Eric yatawe muri yombi ku wa 9 Mata 2026.
Reba inkuru
#Kwibuka32: Minisitiri Amb Nduhungirehe na Utumatwishima bifatanyije n'urubyiruko 12,000 rwitabiriye igikorwa cya “Our Past26”
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe na Minisitiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr Utumatwishima Abdallah, bifatanyije n'urubyiruko rurenga ibihumbi 12 rwitabiriye igikorwa “Our Past26”, kigamije kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Reba inkuru
RIB Yakebuye Abahanzi n'Urubyiruko Bihunza Ibikorwa Byo Kwibuka Bakigira Hanze y’u Rwanda
Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yakebuye abahanzi bacunga ibihe byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bigeze bakajya gukorera ubuhanzi bagahitamo gufata iya mbere bakigira hanze y’u Rwanda gukomeza ibikorwa by’imyidagaduro.
Reba inkuru
Umwihariko w’ibihangano by’ubugeni byamuritswe na Teta Mediatrice wanyuze muri Art-Rwanda Ubuhanzi
Umunyabugeni Teta Mediatrice Uwamahoro aherutse ku murika ibihangano bishya bigera kuri 41 binyuze mu imurikabikorwa (Exhibition) yise “Changeable Mindset” guhinduka kw’imyumvire, igikorwa yateguye mu myaka ibiri yose.
Reba inkuru
Ntabwo yemerewe kujya murukundo Ibyo wamenya Kubikubiye Mumasezerano Ayra star yagiranye na roc nation Ya Jay Z.
Ayra Star yasinye amasezerano y’imikoranire na Roc Nation ya Jay-Z y’imyaka itanu. Ni inkuru yaje ari nziza mu bakunzi b’umuziki w’abo muri Afurika dore ko ari izindi mbaraga ziyongereye mu kugeza kure ijwi ry’Afrobeats.
Reba inkuru
Umuyobozi wa Air Canada yeguye kubera kutavuga Igifaransa.
Umuyobozi Mukuru wa Air Canada, Michael Rousseau, yeguye kuri iyi mirimo nyuma y’uko anenzwe cyane ko atavuze Igifaransa ubwo yihanganishaga imiryango y’ababuriye ababo mu mpanuka yahitanye abapilote babiri, Mackenzie Gunther na Antoine Forest.
Reba inkuru
Rurageretse hagati ya Bad Bunny urimo kwishyuza Mr Eazi Miliyoni 666 Frw
Urubanza ruregwamo umuhanga mu gutunganya indirimbo Dera, emPawa ya Mr Eazi rwabaye ku wa 9 Werurwe 2026 ariko hari impande zititabiriye bitewe n'uko no ku wa 06 Werurwe 2026 habuze ababurana mu cyumba cy'iburana barimo Dera wakoze indirimbo ya Joe Boy bivugwa ko bashishuye iya Bad Bunny.
Reba inkuru
Umuraperi Pacson agiye kubagwa igufa nyuma yo kuvunika itako bikabije
Umuraperi Pacson ari mu gahinda gakomeye nyuma yo guhura n’impanuka yaturutse ku mufana wamusunitse atabishaka bikamuviramo kuvunika igufa ryo mu itako.
Reba inkuru
Gupfusha imfura y’amezi atanu byashibutsemo inganzo ya Ben na Chance
Itsinda ry’abaririmbyi baramya bakanahimbaza Imana, Pastor Benjamin Serugo na Mbanza Chance, bazwi nka Ben na Chance bahishuye ko indirimbo zabo nyinshi zituruka ku buzima bwabo bwite n’ibyo banyuramo mu rugendo rwabo n’Imana, urubyaro rwabo ndetse n’ibindi bishingiye ku kwizera.
Reba inkuru
Nyuma yo guhohotera umugabo we Umugore warashe kwa Rihanna agiye gufungwa burundu
Ivanna Ortiz w’imyaka 35 y’amavuko, ushinjwa kurasa ku nzu ya Rihana na A$AP Rocky iherereye i Beverly Hills, ashobora gukatirwa gufungwa burundu nyuma y’uko ashinjwe ibyaha 14 byo mu rwego rwo hejuru birimo no kugambirira kwica.
Reba inkuru
Cyusa Ibrahim na Layan Mpano bahuje amaboko mu ndirimbo ‘Rusanga n’Izayo’
Umuhanzi mu njyana gakondo, Cyusa Ibrahim na mugenzi we Mpano Layan bahurije Imbaraga mu ndirimbo ‘Rusanga n’Izayo’ ishyigikira gakondo n’urukundo rw’igihugu.
Reba inkuru
Uko ubuhamya bya Prince Salomon bwashibutsemo indirimbo nshya
Umuhanzi Prince Salomon yasohoye amashusho y’indirimbo ye nshya yise “BABA”, indirimbo yibanda ku butumwa bwo gushimira Imana ku mirimo yakoze mu buzima bwe no ku rukundo rwayo rutajya rumusiga mu bihe bitandukanye yanyuzemo.
Reba inkuru
Umucuruzi wibiyobyabwenge El Mencho yashyinguwe mu isanduku ya Zahabu
Rimwe mu mabandi akomeye mu gihugu cya Mexique, Nemesio Oseguera Cervantes uzwi nka El Mencho, uherutse kwicwa na guverinoma ya Mexique, yashyinguwe mu isanduku ya zahabu.
Reba inkuru
Dj Toxxyk agiye kuburana mu mizi
Ubushinjacyaha ku rwego rw’Ibanze bwaregeye Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge urubanza mu mizi rwa Shema Arnaud de Bosscher wamenyekanye nka Dj Toxxyk.
Reba inkuru
Ados Muzika yahuje imbaraga na Skilibombe mu ndirimbo yabo nshya “Imirimo ya Big Boy”
Umuhanzi w’umunyarwanda Ados Muzika ukorera umuziki ku mugabane w’u Burayi, muri Pologne, yasohoye indirimbo nshya yise “Imirimo ya Big Boy’” yakoranye na Skilibombe, ashimangira ko ari intangiriro y’urugendo rushya rw’ibihangano ateganya gushyira hanze muri uyu mwaka wa 2026.
Reba inkuru
Abarimo Djihad, Pappy Nesta, na KJohn bakatiwe gufungwa imyaka itatu
Nyuma yo kuburana mu mizi ku cyaha bacyekwagaho cyo gukwirakwiza amashusho yerekeye imikoreshereze y’ibitsina, abakubiye muri dosiye y’ikirego cy’umuhazi Yampano bamaze gukatirwa.
Reba inkuru
Nyuma yimyaka Icyenda akorera RBA Gloria Mukamabano yasezezeye kuri Television Yigihugu.
Umunyamakuru Gloria mukamabano yasezeye nyuma yimyaka ikenda yari amaze akora kuri RBA gusa ntabwo yigeze atangaza ikigiye gukurikiraho cyangwa ahandi agiye kwerekeza.
Reba inkuru
Nyuma ya Andy bumuntu Uncle Austin nawe yasezeye kuri Kiss FM.
Umunyamakuru akaba umuhanzi na rwiyemezamirimo, Austin Tosh Luwano (Uncle Austin) yasezeye radiyo ya Kiss FM yakoreraga.
Reba inkuru
Ihangana rirakomeje Paramount yongeye kuzamura igiciro cyo kugura Warner Bros ihanganiye na Netflix.
Paramount skydance yazamuye igiciro cyo kugura Warner Bros kigera kuri $31 ku mugabane, mu gihe Netflix nayo yari yamaze kumvikana kuyigura. Ibi bishobora gutuma hatangira ihangana rikomeye ku isoko ry’imyidagaduro muri Hollywood.
Reba inkuru
Umuhanzi Bill Ruzima yatawe muri yombi
Umuhanzi Bill Ruzima yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranyweho kunywa no gutunda ibiyobyabwenge, biri mu bwoko bw’urumogi.
Reba inkuru




