politiki
Izindi Nkuru

“Byaba ari ukuyobya uburari” iby’igitero cyo kwica Trump ntibivugwaho rumwe
Donald Trump yatangaje ko umugabo wagabye igitero muri Washington Hilton Hotel aho yari mu musangiro n’abanyamakuru bakorera muri White House yashakaga kwica abayobozi bakuru ari umurwayi wo mu mutwe, nubwo abakurikira ibya Politike batabivugaho rumwe bagaragaza ko byaba ari ibintu byateguwe mu rwego rwo kurangaza abanyamerika.
Reba inkuru
Umuyobozi mushya wa MONUSCO yasuye Goma igenzurwa na M23
Umuyobozi mushya w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (MONUSCO), Umunyamerika James Swan, yageze mu Mujyi wa Goma umaze umwaka urenga mu ugenzuzi by’abarwanyi b’Umutwe wa AFC/M23.
Reba inkuru
Moto zikoresha lisansi zigiye gukumirwa ku isoko ry’u Rwanda
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ibikorwaremezo, Amb Jean de Dieu Uwihanganye, yatangaje ko moto zikoresha lisansi cyangwa mazutu zigiye guhagarikwa kwinjira ku isoko ry’u Rwanda hagashyirwa imbere izikoresha amashanyarazi gusa.
Reba inkuru
Intambara y'Uburusiya na Ukraine yahindutse iyi mashini cyane kurusha abantu
Intambara y'Uburusiya na Ukraine muri uyu mwaka wa 2026 imaze guhinduka cyane "intambara y'imashini" (machine war) kurusha iy'abantu bahanganye amaso ku maso. Ibi biterwa n'uko impande zombi zirimo gukoresha ikoranabuhanga rigezweho mu gusimbura abasirikare mu bikorwa bishobora gushyira ubuzima bwabo mu kaga cyangwa ahantu hagoye cyane.
Reba inkuru
Perezida Kagame yageze Congo- Brazaville aho azitabira irahira rya Sassou Nguesso
Perezida Paul Kagame yageze i Brazzaville, aho azitabira umuhango w’irahira rya Perezida Sassou Nguesso wongeye gutorerwa kuyobora Repubulika ya Congo.
Reba inkuru
Perezida Kagame azaba ari Umuyobozi w’Ikirenga: Ishusho ya Kaminuza ya Gisirikare y’u Rwanda
Perezida wa Repubulika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda azaba ari we Muyobozi w’Icyubahiro wa National Defence University-Rwanda (NDU-R) kaminuza ya gisirikare y’u Rwanda, nk’uko itegeko riyishyiraho ribyemeza.
Reba inkuru
#Kwibuka32: Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye Umugoroba wo Kwibuka muri BK Arena
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame bitabiriye Umugoroba wo kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi.
Reba inkuru
#Kwibuka32 : Mbere y’uko wica u Rwanda ruzakwica, ntiwakwica abantu kabiri - Perezida Kagame
Perezida Wa Repubulika y'u Paul Kagame ubwo yatangizaga ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yavuze ko Abanyarwanda bishwe ariko bitazashoboka ko bongera kwicwa bwa kabiri, avuga ko Abanyarwanda batazongera gupfa ukundi, ahubwo ko bazarwanya bivuye inyuma ko ibyo biba, kuva ku muto kugera ku mukuru.
Reba inkuru
Urwa menshi ni 11.445 Frw - Ibiciro bishya by’ingendo mu Rwanda
Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ingendo bisimbura ibyari bimaze imyaka ibiri bikoreshwa.
Reba inkuru
Perezida Kagame yasubije abigeze kuvuga ko arembye
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yavuze ko iyo amaze igihe kinini atagaragara mu ruhame, abantu bagatangira kugira impungenge ku buzima bwe ariko yabasubije ko ubuzima bwe buhagaze neza, ndetse kurenza ubwa benshi mu bo banganya imyaka y’ubukure
Reba inkuru
Minisitiri w’Intebe Nsengiyumva yasabye abacuruzi kudahenda abaturage bitwaje izamuka ry’ibiciro ku isoko mpuzamahanga
Minisitiri w’Intebe w'u Rwanda, Dr Nsengiyumva Justin, yatangaje ko n’ubwo izamuka ry’ibiciro ku isoko mpuzamahanga rizagira ingaruka ku Banyarwanda, bidakwiye kuba urwitwazo ku bacuruzi rwo kuzamura ibiciro uko bishakiye ku isoko ry’imbere mu gihugu.
Reba inkuru
CP Theos Badege yahawe inshingano nshya
CP Theos Badege wigeze kuba Umuvugizi wa Polisi y’Rwanda, yagizwe Komiseri Mukuru Wungirije muri RCS (Rwanda Correctional Service).
Reba inkuru
Iran yemeje ko Komanda w’ingabo zirwanira mu mazi yishwe
Umutwe w’ingabo za Iran, Islamic Revolutionary Guard Corps (IRGC), wemeje urupfu rwa komanda w’ishami ryawo rirwanira mu mazi, Alireza Tangsiri, nyuma y’iminsi ine Israel itangaje ko yamwishe mu gitero yagabye.
Reba inkuru
Uganda: Abasirikare bakuru 20 bafunzwe ku itegeko rya Gen Muhoozi
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yategetse ko abasirikare 20 bo mu cyiciro cy’Abofisiye bakuru batabwa muri yombi kubera ibyaha bya ruswa bakekwaho n’imyitwarire idahwitse.
Reba inkuru
Iherezo ryikibazo cyabashinwa bagaragaye muri video bashyamiranye n’abakozi babo ryabaye irihe?
Mu Karere ka Musanze, ikibazo cyari cyavutse hagati y’abakozi bakorera ikigo cy’Abashinwa cya China Civil Engineering Construction Corporation Ltd (CCECC) n’umukoresha wabo cyatangiye gukemuka, aho abenshi mu bakozi bamaze guhembwa imishahara yabo.
Reba inkuru
Nepal: Minisitiri w’Intebe wahoze Ari umuraperi yafunze uwo yasimbuye nyuma y’umunsi umwe ku butegetsi
KP Sharma Oli wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Nepal, yatawe muri yombi akurikiranyweho gukoresha ingufu z’umurengera mu guhosha imyigaragambyo yabaye umwaka ushize igahitana abantu benshi.
Reba inkuru
Impaka mu rubanza rw’Umujyi wa Kigali n’Umutarange bahanganiye ubutaka bwa Miliyali 5Frw
Umujyi wa Kigali umaze iminsi mu nkiko uburana na Isingizwe Yves n’umugore we, Ihimbazwe Esther bareze uyu mujyi nyuma y’uko usabye urukiko gushyiraho itambamira ku butaka abo bombi baguze na sosiyete yitwa Mega Holdings mu Ukwakira 2025 ndetse nayo yari yarabuguze n’Umujyi wa Kigali ngo bwubakwemo inzu zo guturamo zizwi nka ‘apartments’.
Reba inkuru
"ntewe ishema no kwica abategetsi ba iran" Trump yavuze ko atewe ishema no kwica abategetsi ba Iran
Mu butumwa yashyize ku mbuga nkoranyambaga, Perezida Donald Trump wa Amerika yavuze ko ari “ishema rikomeye” kuba arimo kwica abo mu butegetsi bwa Iran.
Reba inkuru
Michael B. Jordan yegukanye igihembo cya Oscar cye cya mbere
Mu birori bya Academy Awards byabaga ku nshuro ya 98 byabaye ku Cyumweru tariki 15 Werurwe 2026, umukinnyi wa filime Michael B. Jordan yegukanye igihembo cye cya mbere cya Oscar mu cyiciro cy’Umukinnyi Mwiza wa Filime (Best Actor).
Reba inkuru
Nyuma yimyigaragambyo Kenya yemeje ko u Burusiya butazongera kujyana abenegihugu bayo mu ntambara yo muri Ukraine.
Nyuma yuko Imiryango itandukanye ya baturage muri Kenya ku wa 5 Werurwe 2026, yakoreye imyigaragambyo mu murwa mukuru wa Nairobi isaba ko leta y’icyo gihugu yatabara abana babo bavuga ko bashutswe bakoherezwa ku rwanira u Burusiya mu ntambara iri kubera muri Ukraine. Minisitiri w’Intebe wa Kenya akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Musalia Mudavadi, yatangaje ko u Burusiya bwemeye kutongera kohereza Abanyakenya mu ntambara yo muri Ukraine.
Reba inkuru
Madagascar yashyizeho Minisitiri w’Intebe nyuma yo gusesa Guverinoma
Perezida wa Madagascar, Col. Michael Randrianirina yatangaje ko Mamitiana Rajaonarison ari we yagize Minisitiri w’Intebe mushya nyuma yo gusesa Guverinoma mu cyumweru gishize.
Reba inkuru




