Imyidagaduro
Reba Izindi
Senderi, Jehovah Jireh Choir, Umusizi Murekatete mu bakoze indirimbo zagufasha mu cyumweru cy’Icyunamo
Kuri uyu wa 7 Mata 2025, Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda n’ahandi ku Isi yose batangiye icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yahitanye abasaga miliyoni mu gihe cy’iminsi 100.
Reba inkuru
DJ Lamper agiye gutangiza ibitaramo ngaruka kwezi
Eric Lavio Lamperti benshi bamenye ku izina rya DJ Lamper, akaba umwe mu ba DJs bagezweho mu Mujyi wa Kigali yateguje ibitaramo ngaruka kwezi yise "Atmosfera”.
Reba inkuru
Cyusa Ibrahim atewe ikimwaro no kuba yarambuye Bubu wa EAP
Cyusa Ibrahim yatangaje ko amaranye igihe afite agahinda gakomeye ku mutima nyuma yo kunanirwa kwishyura Mushyoma Joseph uzwi nka Bubu, amafaranga bari bemeranyije ngo amuhe ibyuma byifashishijwe mu gitaramo mu 2024.
Reba inkuru
Umukinnyi wa Filime Killaman ari mu gahinda nyuma yo kwibwa shene ze za Youtube
Umukinnyi wa Filime Niyonshuti Yannick wamamaye ku mazina ya Killaman, ari kurira ayo kwarika nyuma y’uko agabweho igitero n’abamwibye shene ze za ‘Youtube’ yacishagaho filime ze zose.
Reba inkuru
Perezida Kagame yemereye ubwenegihugu DJ Irra
Perezida wa Repubulika y'u Rwanda Paul Kagame yemereye ubwenegihugu bw’u Rwanda Iradukunda Grace Divine ukomoka i Burundi akaba yaramenyekanye nka DJ Irra, mu bijyanye no kuvanga imiziki mu myidagaduro mu Rwanda.
Reba inkuru
Umuhanzi Shema Jules yashyize hanze indirimbo nshya
Umwe mu bahanzi bari kuzamuka neza mu muziki wo kuramya no gihimbaza Imana (gospel), Shema Jules yamurikiye abakunzi b’umuziki nyarwanda indirimbo nshya yise “Yahweeh”.
Reba inkuruInkuru Ziheruka

RRA yakuye urujijo ku musoro w’ubukwe uri kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga
Ikigo cy'Imisoro n'Amahoro (RRA), cyakuye urujijo ku musoro w’ubukwe uri kuvugisha benshi cyane cyane ku ku mbuga nkoranyambaga, gisobanura ko nta musoro mushya washyizwe ku bantu bakora mu cyiciro cy’ubucuruzi cy’ubukwe ko ahubwo ari amakuru afasha abarebwa n’umusoro.
Reba inkuru
Urubyiruko rw’u Rwanda ku Isonga mu Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994
Mu gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, urubyiruko rw’u Rwanda rukomeje kugaragaza uruhare rukomeye mu bikorwa byo kwibuka, kwigira ku mateka y’igihugu no gutanga icyizere cy’ejo hazaza.
Reba inkuru
Gatsibo: Hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 21 y’Abatutsi bazize Jenoside
Ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kiziguro mu Karere ka Gatsibo mu cyahoze ari Komini Murambi, hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 21 yabonetse ndetse indi irimurwa. Ni igikorwa cyabaye ku wa 11 Mata 2025.
Reba inkuru
Abanyarwanda batuye mu Bwongereza bibutse ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi
Abanyarwanda batuye mu Bwongereza ku bufatanye na Ambasade y’u Rwanda, n’abayobozi bo muri iki gihugu n’inshuti z’u Rwanda bahuriye mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, bibutswa ko amacakuburi ari yo ntandaro ya Jenoside bityo ko nta keza kayo.
Reba inkuruImikino
Reba Izindi
Bull Dogg yasabye Perezida Kagame itike yo kuzareba umukino wa nyuma wa Champions League
Umuraperi Bull Dogg yasabye Umukuru w'Igihugu Paul Kagame kumugurira itike akazajya kureba umukino wa nyuma wa UEFA Champions League mu gihe Arsenal FC yaba igeze ku mukino wa nyuma.
Reba inkuru
Mu Rwanda hagiye kubera Iserukiramuco ry’Abafana ba Arsenal
Iserukiramuco ry’abafana ba Arsenal muri Afurika rizwi nka Arsenal Africa Fans Festival (AAFF) rigiye kubera mu Rwanda muri Kigali Universe rivuye muri Tanzania aho ryabereye umwaka ushize.
Reba inkuru
Khadime Ndiaye yisabiye abafana ba Rayon Sports ikintu kimwe gusa
Umukinnyi w'ikipe ya Rayon Sports ukina mu izamu Khadime Ndiaye yikomye abamaze iminsi bavuga ko yitsindisha kubera aba yahawe amafaranga.
Reba inkuru
Irushanwa rya BAL ryifatanyije n’u Rwanda mu Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi
Irushanwa rya Basketball Africa League (BAL) ryifatanyije n’u Rwanda n’inshuti zarwo mu bihe byo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Reba inkuruIzindi nkuru
Reba izindi
Umwana w’umukobwa w’imyaka 10 yakoze ubukwe n’umukunzi we bangana mbere y’uko apfa
Umwana w’umukobwa w’imyaka 10, Emma Edwards yakoze ubukwe n’umukunzi we wo mu bwana, Daniel Marshall Christopher Williams Jr. bangana,mu birori byuje urukundo byakozwe mbere y’iminsi ibiri ngo uwo mwana w’mukobwa yitabe Imana azize Kanseri yo mu Maraso (Leukemia).
Reba inkuru
Urembejwe na ‘stress’? Dore gereza wafungirwamo ku bushake ukaruhukiramo
‘Prison Inside Me’ ni gereza iri muri Koreya y’Epfo mu Mujyi wa Hongcheon, ikaba yarashyiriweho abantu bashaka kuyifungirwamo ku bushake ngo bimare ‘stress’ bakishyurira 120$ (asaga ibihumbi 170 Frw) kuri buri joro.
Reba inkuru
Inshuti zimaranye imyaka isaga irindwi, ziba zizagumana- Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bugaragaza ko inshuti zimaranye imyaka isaga irindwi, ziba zifite amahirwe menshi yo kuzagumana ubuzima bwazo bwose.
Reba inkuru
Wari uzi ko kwihumuriza imyenda yambawe n’umukunzi wawe bikugabanyiriza ‘Stress’?
Ubushakashatsi bugaragaza ko kwihumuriza imyenda yambawe n’umukunzi wawe bishobora kukugabanyiriza ‘stress’, ariko bikaba byanayigutera mu gihe wihumurije iyambawe n’umuntu udasanzwe uzi.
Reba inkuru