Imyidagaduro
Reba Izindi
Abanyarwanda bafite ibitekerezo by’imishinga bagiye kubona urubuga “PitchStudio” rwo kubishyira mu bikorwa
Abanyarwanda bafite ibitekerezo by’imishinga bagiye kubona urubuga “PitchStudio” rwo kubishyira mu bikorwa

Abanyarwanda bafite ibitekerezo by’imishinga ariko bakabura igishoro cyangwa amahirwe yo kubishyira mu bikorwa bagiye kubona urubuga rushya rushobora kubafasha kubyaza umusaruro ibyo bitekerezo, binyuze muri gahunda nshya y’umushinga wiswe ‘Pitch Studio’, wo gufasha ba rwiyemezamirimo bafite imishinga ikiri mu bitekerezo ndetse n’iyatangiye ariko ifite ikibazo cy’ubushobozi bwo kwagura ibikorwa.

Reba inkuru
Umukinnyi wa filime Marie-Clémentine Dusabejambo ari ku rutonde rw’abazita izina abana b’ingagi
Umukinnyi wa filime Marie-Clémentine Dusabejambo ari ku rutonde rw’abazita izina abana b’ingagi

Marie-Clémentine Dusabejambo, umwe mu bamaze kubaka izina rikomeye muri sinema nyarwanda no ku rwego mpuzamahanga, yashyizwe mu bazita amazina abana b’ingagi mu muhango ngarukamwaka wa Kwita Izina uteganyijwe ku wa 4 Nzeri 2026.

Reba inkuru
Israel Mbonyi yashyizwe ku rutonde rw’abazita izina abana b’ingagi
Israel Mbonyi yashyizwe ku rutonde rw’abazita izina abana b’ingagi

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, ari mu bamaze gutangazwa ko batoranyijwe kuzita amazina abana b’ingagi mu muhango wo Kwita Izina uzaba ku nshuro ya 21.

Reba inkuru
Miss Kenza ufite ikamba rya ‘Miss Belgique 2024’ ari mubazita izina abana b’ingagi
Miss Kenza ufite ikamba rya ‘Miss Belgique 2024’ ari mubazita izina abana b’ingagi

Kenza Johanna Ameloot, wabaye Miss Belgique 2024, ari mu bantu bazitabira umuhango wo Kwita Izina 2026, aho azagira uruhare mu kwita izina umwe mu bana b’ingagi.

Reba inkuru
Abanyempano 50 batangiye urugendo rushakisha umuhanzi uzegukana miliyoni 4 Frw
Abanyempano 50 batangiye urugendo rushakisha umuhanzi uzegukana miliyoni 4 Frw

Abanyempano 50 batoranyijwe mu barenga 100 bitabiriye amajonjora yibanze y'irushanwa rya Rwanda Next Superstar 2026.

Reba inkuru
Diamond Platnumz yageze i Kigali aherekejwe n’itsinda ry’abantu 30
Diamond Platnumz yageze i Kigali aherekejwe n’itsinda ry’abantu 30

Umuhanzi Diamond Platinumz wo muri Tanzania uri mu bakomeye muri Afurika y’Iburasirazuba no muri Afurika muri rusange, yageze i Kigali mu Rwanda aho yitabiriye igitaramo kizabera muri Parking ya BK Arena ku wa Gatandatu tariki 29 Kanama 2026.

Reba inkuru
Izindi nkuru
Reba izindi