Imyidagaduro
Reba Izindi
Umukinnyi wa filime Marie-Clémentine Dusabejambo ari ku rutonde rw’abazita izina abana b’ingagi
Marie-Clémentine Dusabejambo, umwe mu bamaze kubaka izina rikomeye muri sinema nyarwanda no ku rwego mpuzamahanga, yashyizwe mu bazita amazina abana b’ingagi mu muhango ngarukamwaka wa Kwita Izina uteganyijwe ku wa 4 Nzeri 2026.
Reba inkuru
Israel Mbonyi yashyizwe ku rutonde rw’abazita izina abana b’ingagi
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, ari mu bamaze gutangazwa ko batoranyijwe kuzita amazina abana b’ingagi mu muhango wo Kwita Izina uzaba ku nshuro ya 21.
Reba inkuru
Miss Kenza ufite ikamba rya ‘Miss Belgique 2024’ ari mubazita izina abana b’ingagi
Kenza Johanna Ameloot, wabaye Miss Belgique 2024, ari mu bantu bazitabira umuhango wo Kwita Izina 2026, aho azagira uruhare mu kwita izina umwe mu bana b’ingagi.
Reba inkuru
Abanyempano 50 batangiye urugendo rushakisha umuhanzi uzegukana miliyoni 4 Frw
Abanyempano 50 batoranyijwe mu barenga 100 bitabiriye amajonjora yibanze y'irushanwa rya Rwanda Next Superstar 2026.
Reba inkuru
Diamond Platnumz yageze i Kigali aherekejwe n’itsinda ry’abantu 30
Umuhanzi Diamond Platinumz wo muri Tanzania uri mu bakomeye muri Afurika y’Iburasirazuba no muri Afurika muri rusange, yageze i Kigali mu Rwanda aho yitabiriye igitaramo kizabera muri Parking ya BK Arena ku wa Gatandatu tariki 29 Kanama 2026.
Reba inkuru
Uko abarimo ibyamamare, abo mu nzego za leta bashimishijwe na Rayon Sports
ntsinzi ya Rayon Sports yo kwegukana igikombe cya CECAFA Kagame Cup 2026 yishimiwe n’Abanyarwanda batandukanye, barimo abaminisitiri, ba ambasaderi, ibyamamare, abahanzi n’abandi aho bagaragaje amarangamutima yabo nyuma y’umukino wa nyuma.
Reba inkuruInkuru Ziheruka

Umukinnyi wa filime Marie-Clémentine Dusabejambo ari ku rutonde rw’abazita izina abana b’ingagi
Marie-Clémentine Dusabejambo, umwe mu bamaze kubaka izina rikomeye muri sinema nyarwanda no ku rwego mpuzamahanga, yashyizwe mu bazita amazina abana b’ingagi mu muhango ngarukamwaka wa Kwita Izina uteganyijwe ku wa 4 Nzeri 2026.
Reba inkuru
Israel Mbonyi yashyizwe ku rutonde rw’abazita izina abana b’ingagi
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi, ari mu bamaze gutangazwa ko batoranyijwe kuzita amazina abana b’ingagi mu muhango wo Kwita Izina uzaba ku nshuro ya 21.
Reba inkuru
Miss Kenza ufite ikamba rya ‘Miss Belgique 2024’ ari mubazita izina abana b’ingagi
Kenza Johanna Ameloot, wabaye Miss Belgique 2024, ari mu bantu bazitabira umuhango wo Kwita Izina 2026, aho azagira uruhare mu kwita izina umwe mu bana b’ingagi.
Reba inkuru
Abanyempano 50 batangiye urugendo rushakisha umuhanzi uzegukana miliyoni 4 Frw
Abanyempano 50 batoranyijwe mu barenga 100 bitabiriye amajonjora yibanze y'irushanwa rya Rwanda Next Superstar 2026.
Reba inkuruImikino
Reba Izindi
CAF yatesheje agaciro ubujurire bwa APR FC, yasabaga kudakinira muri Congo
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yatesheje agaciro ubujurire bwa APR FC, yasabaga kudakinira umukino wayo wa CAF Champions League izakirwamo na Les Aigles du Congo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Reba inkuru
Umunyarwanda wa mbere agiye gukina ‘League Phase’ ya UEFA Champions League
Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Joy-Lance Mickels, yakoze amateka yo kuba Umunyarwanda wa mbere ugiye gukina icyiciro cya ‘League Phase’ ya UEFA Champions League, nyuma yo gufasha ikipe ye ya Sabah FK yo muri Azerbaijan gusezerera Hapoel Be’er Sheva yo muri Israël.
Reba inkuru
Aston Villa yamuritse umwambaro wa “Visit Rwanda” izambara muri Shampiyona ya Premier League n'andi marushanwa
Ikipe ya AstonVilla yamuritse imyambaro yayo kuva ku wa mbere kugeza ku wa gatatu izakoresha mu mwaka w’imikino wa 2026/2027, uriho ikirango cya " VisitRwanda " imbere mu gatuza.
Reba inkuru
Imurora Japhet n’umukozi wa Gorilla FC waketsweho kumena amarozi mu kibuga bafatiwe ibihano na FERWAFA
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ko ryahagaritse by’agateganyo Umukozi ushinzwe Ibikoresho muri Gorilla FC, Ndatimana Olivier wagaragaye amena ibintu mu kibuga byaketswe nk’amarozi.
Reba inkuruIzindi nkuru
Reba izindi
Gatsibo: Abataramenyekana bishe umusore umurambo bawushyira mu muhanda
Abaturage bajyaga mu murima basanze umurambo w'umusore mu muhanda uri mu Murenge wa Rwimbogo, mu karere ka Gatsibo. Abaturage bavuga ko uwo musore abamwishe bashobora kuba baramwiciye ahandi bakamujyana muri ako gace yapfuye bakahamujunya.
Reba inkuru
WhatsApp igiye kujya itambutswaho ubutumwa bwamamaza, abatabushaka bishyure 6.000 RWF buri kwezi
Urubuga rwa WhatsApp rugiye gushyiraho gahunda nshya y’ubutumwa bwamamaza, ndetse abatifuza kubona ubu butumwa bazajya babyishyurira ifatabuguzi.
Reba inkuru
Rwamagana: Umugore wari ugiye gushyingurwa bamukuye ku irimbi bivugwa ko yazutse
Kuwa kabiri tariki ya 3 Werurwe 2026, ahagana saa munani mu Murenge wa Gishari humvikanye amakuru avuga ko umugore bari bagiye gushyingura ku irimbi riri mu kagari ka Kinyana mu Murenge wa Gishari yazutse ndetse bahamagara imbagukiragutabara imujyana ku bitaro.
Reba inkuru
Umwana w’umukobwa w’imyaka 10 yakoze ubukwe n’umukunzi we bangana mbere y’uko apfa
Umwana w’umukobwa w’imyaka 10, Emma Edwards yakoze ubukwe n’umukunzi we wo mu bwana, Daniel Marshall Christopher Williams Jr. bangana,mu birori byuje urukundo byakozwe mbere y’iminsi ibiri ngo uwo mwana w’mukobwa yitabe Imana azize Kanseri yo mu Maraso (Leukemia).
Reba inkuru



