Imyidagaduro
Reba Izindi
Diamond Platnumz yageze i Kigali aherekejwe n’itsinda ry’abantu 30
Umuhanzi Diamond Platinumz wo muri Tanzania uri mu bakomeye muri Afurika y’Iburasirazuba no muri Afurika muri rusange, yageze i Kigali mu Rwanda aho yitabiriye igitaramo kizabera muri Parking ya BK Arena ku wa Gatandatu tariki 29 Kanama 2026.
Reba inkuru
Uko abarimo ibyamamare, abo mu nzego za leta bashimishijwe na Rayon Sports
ntsinzi ya Rayon Sports yo kwegukana igikombe cya CECAFA Kagame Cup 2026 yishimiwe n’Abanyarwanda batandukanye, barimo abaminisitiri, ba ambasaderi, ibyamamare, abahanzi n’abandi aho bagaragaje amarangamutima yabo nyuma y’umukino wa nyuma.
Reba inkuru
Ingabire Anitha yiyemeje gushyigikira abagore n’abakobwa kugera ku iterammbere
Rwiyemezamirimo Ingabire Anitha, washinze umuryango Anitha True Reflection of Humanity ufasha abangavu 100 babyaye imburagihe bo mu Murenge wa Kivumu, akomeje ibikorwa by’ubugiraneza aho yatanze Amata na Pampex byo gufasha abana bakiri bato mu mirenge itandukanye y’Akarere ka Rutsiro.
Reba inkuruAirtel Rwanda na ZTE bamuritse telefone nshya ya ZTE Blade A36
Airtel Rwanda yifatanyije na ZTE mu kwagura ikwirakwira rya telefone zigezweho (Smartphones) ku batura rwanda binyuze muri gahunda ya ‘Hitamo Ibirenze’ yagenewe abakiriya bayo.
Reba inkuru
Umuryango wa Yampano watabaje umukuru w’Igihugu
Umuryango w’umuhanzi Uworizagwira Florien (Yampano) wagaragaje ko nta bushobozi ufite bw’imibereho ndetse nubwo gushaka umunyamategeko ushobora kumwunganira akaba yafungurwa muri gereza ya Mageragere.
Reba inkuru
Abasore Baryamanye Bari Babyumvikanyeho: Icyo Semuhungu Avuga Ku Byaha Akurikiranweho
Semuhungu Eric wamamariye ku mbuga nkoranyambaga mu Rwanda ntiyemera ibyo aregwa n’abasore babiri bamushinja kubasambanya ku gahato akavuga ko baryamanaga babishaka ndetse banabyumvikanyeho.
Reba inkuruInkuru Ziheruka

Diamond Platnumz yageze i Kigali aherekejwe n’itsinda ry’abantu 30
Umuhanzi Diamond Platinumz wo muri Tanzania uri mu bakomeye muri Afurika y’Iburasirazuba no muri Afurika muri rusange, yageze i Kigali mu Rwanda aho yitabiriye igitaramo kizabera muri Parking ya BK Arena ku wa Gatandatu tariki 29 Kanama 2026.
Reba inkuru“Twe tubona ari icyorezo mu bindi” Minisititi Dr.Nsanzimana yasabye abaturwanda kutongera kunywa ibyuma
Minisitiri w’Ubuzima Dr. Sabin Nsanzimana yasabye abatura-Rwanda kutongera kunywa inzoga zizwi nk’ibyuma nyuma y’uko bihagaritswe kongera gucuruzwa mu Rwanda avuga ko byari bimaze kuba nk’icyorezo bityo ko bikwiye kwirindwa.
Reba inkuru
Uko abarimo ibyamamare, abo mu nzego za leta bashimishijwe na Rayon Sports
ntsinzi ya Rayon Sports yo kwegukana igikombe cya CECAFA Kagame Cup 2026 yishimiwe n’Abanyarwanda batandukanye, barimo abaminisitiri, ba ambasaderi, ibyamamare, abahanzi n’abandi aho bagaragaje amarangamutima yabo nyuma y’umukino wa nyuma.
Reba inkuru
Ingabire Anitha yiyemeje gushyigikira abagore n’abakobwa kugera ku iterammbere
Rwiyemezamirimo Ingabire Anitha, washinze umuryango Anitha True Reflection of Humanity ufasha abangavu 100 babyaye imburagihe bo mu Murenge wa Kivumu, akomeje ibikorwa by’ubugiraneza aho yatanze Amata na Pampex byo gufasha abana bakiri bato mu mirenge itandukanye y’Akarere ka Rutsiro.
Reba inkuruImikino
Reba Izindi
CAF yatesheje agaciro ubujurire bwa APR FC, yasabaga kudakinira muri Congo
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yatesheje agaciro ubujurire bwa APR FC, yasabaga kudakinira umukino wayo wa CAF Champions League izakirwamo na Les Aigles du Congo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Reba inkuru
Umunyarwanda wa mbere agiye gukina ‘League Phase’ ya UEFA Champions League
Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Joy-Lance Mickels, yakoze amateka yo kuba Umunyarwanda wa mbere ugiye gukina icyiciro cya ‘League Phase’ ya UEFA Champions League, nyuma yo gufasha ikipe ye ya Sabah FK yo muri Azerbaijan gusezerera Hapoel Be’er Sheva yo muri Israël.
Reba inkuru
Aston Villa yamuritse umwambaro wa “Visit Rwanda” izambara muri Shampiyona ya Premier League n'andi marushanwa
Ikipe ya AstonVilla yamuritse imyambaro yayo kuva ku wa mbere kugeza ku wa gatatu izakoresha mu mwaka w’imikino wa 2026/2027, uriho ikirango cya " VisitRwanda " imbere mu gatuza.
Reba inkuru
Imurora Japhet n’umukozi wa Gorilla FC waketsweho kumena amarozi mu kibuga bafatiwe ibihano na FERWAFA
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), ryatangaje ko ryahagaritse by’agateganyo Umukozi ushinzwe Ibikoresho muri Gorilla FC, Ndatimana Olivier wagaragaye amena ibintu mu kibuga byaketswe nk’amarozi.
Reba inkuruIzindi nkuru
Reba izindi
Gatsibo: Abataramenyekana bishe umusore umurambo bawushyira mu muhanda
Abaturage bajyaga mu murima basanze umurambo w'umusore mu muhanda uri mu Murenge wa Rwimbogo, mu karere ka Gatsibo. Abaturage bavuga ko uwo musore abamwishe bashobora kuba baramwiciye ahandi bakamujyana muri ako gace yapfuye bakahamujunya.
Reba inkuru
WhatsApp igiye kujya itambutswaho ubutumwa bwamamaza, abatabushaka bishyure 6.000 RWF buri kwezi
Urubuga rwa WhatsApp rugiye gushyiraho gahunda nshya y’ubutumwa bwamamaza, ndetse abatifuza kubona ubu butumwa bazajya babyishyurira ifatabuguzi.
Reba inkuru
Rwamagana: Umugore wari ugiye gushyingurwa bamukuye ku irimbi bivugwa ko yazutse
Kuwa kabiri tariki ya 3 Werurwe 2026, ahagana saa munani mu Murenge wa Gishari humvikanye amakuru avuga ko umugore bari bagiye gushyingura ku irimbi riri mu kagari ka Kinyana mu Murenge wa Gishari yazutse ndetse bahamagara imbagukiragutabara imujyana ku bitaro.
Reba inkuru
Umwana w’umukobwa w’imyaka 10 yakoze ubukwe n’umukunzi we bangana mbere y’uko apfa
Umwana w’umukobwa w’imyaka 10, Emma Edwards yakoze ubukwe n’umukunzi we wo mu bwana, Daniel Marshall Christopher Williams Jr. bangana,mu birori byuje urukundo byakozwe mbere y’iminsi ibiri ngo uwo mwana w’mukobwa yitabe Imana azize Kanseri yo mu Maraso (Leukemia).
Reba inkuru


