Imyidagaduro
Reba Izindi
 Kwibuka32: Filimi “Beyond the Genocide” ikomeje kwandika amateka aho yifashishwa muri Kaminuza zo mu Rwanda no muri Brazil
Kwibuka32: Filimi “Beyond the Genocide” ikomeje kwandika amateka aho yifashishwa muri Kaminuza zo mu Rwanda no muri Brazil

Mu gihe u Rwanda n’Isi muri rusange bikomeje ibihe byo Kwibuka ku nshuro ya 32 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, filimi mbarankuru yitwa Beyond The Genocide yayobowe na Zion Sulaiman Mukasa Matovu, ikomeje kwandika amateka mashya mu rugendo rwa sinema y’u Rwanda ndetse no hirya no hino ku Isi aho irikwifashishwa mu Kwigisha amateka no mu biganiro byimbitse mu banyeshuri, cyane cyane muri za kaminuza zitandukanye kuva mu Rwanda kugera muri Brazil n’ibindi bihugu.

Reba inkuru
Eric Semuhungu yatawe muri yombi
Eric Semuhungu yatawe muri yombi

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB, Dr. Murangira B. Thierry yatangaje ko Semuhungu Eric yatawe muri yombi ku wa 9 Mata 2026.

Reba inkuru
Umwihariko w’ibihangano by’ubugeni byamuritswe na Teta Mediatrice wanyuze muri Art-Rwanda Ubuhanzi
Umwihariko w’ibihangano by’ubugeni byamuritswe na Teta Mediatrice wanyuze muri Art-Rwanda Ubuhanzi

Umunyabugeni Teta Mediatrice Uwamahoro aherutse ku murika ibihangano bishya bigera kuri 41 binyuze mu imurikabikorwa (Exhibition) yise “Changeable Mindset” guhinduka kw’imyumvire, igikorwa yateguye mu myaka ibiri yose.

Reba inkuru
Gupfusha imfura y’amezi atanu byashibutsemo inganzo ya Ben na Chance
Gupfusha imfura y’amezi atanu byashibutsemo inganzo ya Ben na Chance

Itsinda ry’abaririmbyi baramya bakanahimbaza Imana, Pastor Benjamin Serugo na Mbanza Chance, bazwi nka Ben na Chance bahishuye ko indirimbo zabo nyinshi zituruka ku buzima bwabo bwite n’ibyo banyuramo mu rugendo rwabo n’Imana, urubyaro rwabo ndetse n’ibindi bishingiye ku kwizera.

Reba inkuru
Nyuma yo guhohotera umugabo we Umugore warashe kwa Rihanna agiye gufungwa burundu
Nyuma yo guhohotera umugabo we Umugore warashe kwa Rihanna agiye gufungwa burundu

Ivanna Ortiz w’imyaka 35 y’amavuko, ushinjwa kurasa ku nzu ya Rihana na A$AP Rocky iherereye i Beverly Hills, ashobora gukatirwa gufungwa burundu nyuma y’uko ashinjwe ibyaha 14 byo mu rwego rwo hejuru birimo no kugambirira kwica.

Reba inkuru
Cyusa Ibrahim na Layan Mpano bahuje amaboko mu ndirimbo ‘Rusanga n’Izayo’
Cyusa Ibrahim na Layan Mpano bahuje amaboko mu ndirimbo ‘Rusanga n’Izayo’

Umuhanzi mu njyana gakondo, Cyusa Ibrahim na mugenzi we Mpano Layan bahurije Imbaraga mu ndirimbo ‘Rusanga n’Izayo’ ishyigikira gakondo n’urukundo rw’igihugu.

Reba inkuru
Izindi nkuru
Reba izindi