Imyidagaduro
Reba Izindi
Gupfusha imfura y’amezi atanu byashibutsemo inganzo ya Ben na Chance
Gupfusha imfura y’amezi atanu byashibutsemo inganzo ya Ben na Chance

Itsinda ry’abaririmbyi baramya bakanahimbaza Imana, Pastor Benjamin Serugo na Mbanza Chance, bazwi nka Ben na Chance bahishuye ko indirimbo zabo nyinshi zituruka ku buzima bwabo bwite n’ibyo banyuramo mu rugendo rwabo n’Imana, urubyaro rwabo ndetse n’ibindi bishingiye ku kwizera.

Reba inkuru
Nyuma yo guhohotera umugabo we Umugore warashe kwa Rihanna agiye gufungwa burundu
Nyuma yo guhohotera umugabo we Umugore warashe kwa Rihanna agiye gufungwa burundu

Ivanna Ortiz w’imyaka 35 y’amavuko, ushinjwa kurasa ku nzu ya Rihana na A$AP Rocky iherereye i Beverly Hills, ashobora gukatirwa gufungwa burundu nyuma y’uko ashinjwe ibyaha 14 byo mu rwego rwo hejuru birimo no kugambirira kwica.

Reba inkuru
Cyusa Ibrahim na Layan Mpano bahuje amaboko mu ndirimbo ‘Rusanga n’Izayo’
Cyusa Ibrahim na Layan Mpano bahuje amaboko mu ndirimbo ‘Rusanga n’Izayo’

Umuhanzi mu njyana gakondo, Cyusa Ibrahim na mugenzi we Mpano Layan bahurije Imbaraga mu ndirimbo ‘Rusanga n’Izayo’ ishyigikira gakondo n’urukundo rw’igihugu.

Reba inkuru
Uko ubuhamya bya Prince Salomon bwashibutsemo indirimbo nshya
Uko ubuhamya bya Prince Salomon bwashibutsemo indirimbo nshya

Umuhanzi Prince Salomon yasohoye amashusho y’indirimbo ye nshya yise “BABA”, indirimbo yibanda ku butumwa bwo gushimira Imana ku mirimo yakoze mu buzima bwe no ku rukundo rwayo rutajya rumusiga mu bihe bitandukanye yanyuzemo.

Reba inkuru
Umucuruzi wibiyobyabwenge El Mencho yashyinguwe mu isanduku ya Zahabu
Umucuruzi wibiyobyabwenge El Mencho yashyinguwe mu isanduku ya Zahabu

Rimwe mu mabandi akomeye mu gihugu cya Mexique, Nemesio Oseguera Cervantes uzwi nka El Mencho, uherutse kwicwa na guverinoma ya Mexique, yashyinguwe mu isanduku ya zahabu.

Reba inkuru
Ados Muzika yahuje imbaraga na Skilibombe mu ndirimbo yabo nshya “Imirimo ya Big Boy”
Ados Muzika yahuje imbaraga na Skilibombe mu ndirimbo yabo nshya “Imirimo ya Big Boy”

Umuhanzi w’umunyarwanda Ados Muzika ukorera umuziki ku mugabane w’u Burayi, muri Pologne, yasohoye indirimbo nshya yise “Imirimo ya Big Boy’” yakoranye na Skilibombe, ashimangira ko ari intangiriro y’urugendo rushya rw’ibihangano ateganya gushyira hanze muri uyu mwaka wa 2026.

Reba inkuru
Nyuma y’imyaka 52, DRC yongeye kubona itike y’Igikombe cy’Isi.
Nyuma y’imyaka 52, DRC yongeye kubona itike y’Igikombe cy’Isi.

Ikipe y’igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yabonye itike y’igikombe cy’Isi 2026 nyuma yo gutsindira Jamaica igitego 1-0 ku mukino wa w’imikino ya kamarampaka Mpuzamigabane wabereye muri Mexico mu rukurera rwo kuri uyu wa Gatatu.

Reba inkuru
Umunyamakuru Jado Dukuze yerekeje kuri Isibo TV&Radio
Umunyamakuru Jado Dukuze yerekeje kuri Isibo TV&Radio

Dukuzimana Jean De Dieu uzwi kumazina ya Jado Dukuze akaba umunyamakuru wumwuga wa Siporo yerekeje kuri Isibo TV&Radio avuye kuri radiyo ya Fine FM yari amazeho Igihe kitari gito.

Reba inkuru
Birangiye Zemke Jermaine Ariwe wegukanye Agace ka Gatanu ka Tour du Rwanda 2026.
Birangiye Zemke Jermaine Ariwe wegukanye Agace ka Gatanu ka Tour du Rwanda 2026.

Kuri uyu wa Kane Umudage Zemke Jermaine w’myaka 20 y’amavuko ukinira ikipe ya Rembe Rad-Net yegukanye Agace ka Gatanu ka Tour du Rwanda 2026 kangana n’ibilometero 82 kakinwe hazengurukwa Umujyi wa Rubavu abasiganwa bagezemo ku wa 25 Gashyantare 2026 hakina agace ka kane katurutse mu Karere ka Karongi.

Reba inkuru
Umuholandi Jurgen Zomermaand wa Dévelopment Picnic PostNL Niwe wegukanye Agace ka Gatatu ka Tour du Rwanda 2026 i Rusizi
Umuholandi Jurgen Zomermaand wa Dévelopment Picnic PostNL Niwe wegukanye Agace ka Gatatu ka Tour du Rwanda 2026 i Rusizi

Kuri uyu wa Kabiri nibwo hakinwe agace ka Gatatu ka Tour du Rwanda ya 2026 aho abasiganwa bahagurikite i Huye banyura muri Nyungwe basoreza i Rusizi ku ntera y’Ibilometero 145,3. Nkuko bisanzwe n’ubundi abakinnyi babanje kugenda ikilometero badasiganwa ubundi babona guhabwa rugari ngo basiganwe. Ubwo isiganwa ryari rigitangira abakinnyi bamwe bagiye bashaka kwiyambura abandi ngo bagende ariko bagahita babagarura.

Reba inkuru
Izindi nkuru
Reba izindi