Imyidagaduro
Reba Izindi
Ihangana rirakomeje Paramount yongeye kuzamura igiciro cyo kugura Warner Bros ihanganiye na Netflix.
Paramount skydance yazamuye igiciro cyo kugura Warner Bros kigera kuri $31 ku mugabane, mu gihe Netflix nayo yari yamaze kumvikana kuyigura. Ibi bishobora gutuma hatangira ihangana rikomeye ku isoko ry’imyidagaduro muri Hollywood.
Reba inkuru
Umuhanzi Bill Ruzima yatawe muri yombi
Umuhanzi Bill Ruzima yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranyweho kunywa no gutunda ibiyobyabwenge, biri mu bwoko bw’urumogi.
Reba inkuru
Papa Cyangwe yongeye kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza urukundo yakundaga Gaby Kamanzi
Umuraperi Papa Cyangwe yatangaje ko kuva kera yakundaga umuhanzikazi wa gospel Gaby Kamanzi, ibintu byateje impaka ku mbuga nkoranyambaga. Ibi bije mu gihe akomeje kwizihiza imyaka itanu amaze mu muziki no kugaragaza impinduka mu buzima bwe bwite.
Reba inkuru
Nyuma ya Richard Nick Ngendahayo ,Rev Emmanuel Ganza nawe arifuza gutaramira muri BK Arena
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Rev Emmanuel Ganza, yageze i Kigali aho yitabiriye igitaramo cya Richard Nick Ngendahayo kizabera muri BK Arena, tariki ya 29 Ugushyingo 2025, ndetse agaragaza inyota atewe no gutaramira muri iyi nyubako nyuma ya Richard Nick Ngendahayo.
Reba inkuru
Senderi Hit akomeje urugendo rw’ ibitaramo bizenguruka igihugu
Umuhanzi Senderi Hit umaze iminsi yiyemeje gukora ibitaramo bizenguruka igihugu yakomereje i Musanze "Byangabo" mu rugendo rw’ibitaramo bizenguruka igihugu mu kwizihiza imyaka 20 ishize amaze ari mu muziki.
Reba inkuru
Niyonizera Judith watandukanye na Safi aritegura kwibaruka umwana wa kabiri
Niyonizera Judith uzwi nka Judy Boss Lady n’umugabo we King Dustin barimo kwitegura kwibaruka ubuheta.
Reba inkuruInkuru Ziheruka

Ihangana rirakomeje Paramount yongeye kuzamura igiciro cyo kugura Warner Bros ihanganiye na Netflix.
Paramount skydance yazamuye igiciro cyo kugura Warner Bros kigera kuri $31 ku mugabane, mu gihe Netflix nayo yari yamaze kumvikana kuyigura. Ibi bishobora gutuma hatangira ihangana rikomeye ku isoko ry’imyidagaduro muri Hollywood.
Reba inkuru
Umuhanzi Bill Ruzima yatawe muri yombi
Umuhanzi Bill Ruzima yatawe muri yombi n’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, akurikiranyweho kunywa no gutunda ibiyobyabwenge, biri mu bwoko bw’urumogi.
Reba inkuru
Umuholandi Jurgen Zomermaand wa Dévelopment Picnic PostNL Niwe wegukanye Agace ka Gatatu ka Tour du Rwanda 2026 i Rusizi
Kuri uyu wa Kabiri nibwo hakinwe agace ka Gatatu ka Tour du Rwanda ya 2026 aho abasiganwa bahagurikite i Huye banyura muri Nyungwe basoreza i Rusizi ku ntera y’Ibilometero 145,3. Nkuko bisanzwe n’ubundi abakinnyi babanje kugenda ikilometero badasiganwa ubundi babona guhabwa rugari ngo basiganwe. Ubwo isiganwa ryari rigitangira abakinnyi bamwe bagiye bashaka kwiyambura abandi ngo bagende ariko bagahita babagarura.
Reba inkuru
Umutekano wa Trump Wongeye Guhungabana: Nyuma yaho umusore Wari Witwaje intwaro Yarashwe agerageza kwinjira murugo rwa trump
Umusore w’imyaka 21 yarashwe n’inzego z’umutekano nyuma yo kugerageza kwinjira mu gace karinzwe cyane k’urugo rwa Donald Trump i Florida. Aho Yari afite imbunda yo mu bwoko bwa shotgun n’ijerekani irimo lisansi.
Reba inkuruImikino
Reba Izindi
Birangiye Zemke Jermaine Ariwe wegukanye Agace ka Gatanu ka Tour du Rwanda 2026.
Kuri uyu wa Kane Umudage Zemke Jermaine w’myaka 20 y’amavuko ukinira ikipe ya Rembe Rad-Net yegukanye Agace ka Gatanu ka Tour du Rwanda 2026 kangana n’ibilometero 82 kakinwe hazengurukwa Umujyi wa Rubavu abasiganwa bagezemo ku wa 25 Gashyantare 2026 hakina agace ka kane katurutse mu Karere ka Karongi.
Reba inkuru
Umuholandi Jurgen Zomermaand wa Dévelopment Picnic PostNL Niwe wegukanye Agace ka Gatatu ka Tour du Rwanda 2026 i Rusizi
Kuri uyu wa Kabiri nibwo hakinwe agace ka Gatatu ka Tour du Rwanda ya 2026 aho abasiganwa bahagurikite i Huye banyura muri Nyungwe basoreza i Rusizi ku ntera y’Ibilometero 145,3. Nkuko bisanzwe n’ubundi abakinnyi babanje kugenda ikilometero badasiganwa ubundi babona guhabwa rugari ngo basiganwe. Ubwo isiganwa ryari rigitangira abakinnyi bamwe bagiye bashaka kwiyambura abandi ngo bagende ariko bagahita babagarura.
Reba inkuru
agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026 gatwawe numubiligi Mathjis De Clercq
Mathjis De Clercq ukomoka mu Bubiligi akaba akinira Soudal Quick-Step Devo Team yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026 akoresheje amasaha atatu, iminota 5 n’amasegonda 55.
Reba inkuru
Abanya-Kigali bungutse aho kwidagadurira binyuze mu mikino n'imyidagaduro itandukanye
Umujyi wa Kigali ukomeje kwaguka uko bukeye n’uko bwije ndetse n’ibikorwaremezo byiyongera buri munsi yaba ibya leta cyangwa iby’abandi bashoramari bigenga.
Reba inkuruIzindi nkuru
Reba izindi
Umwana w’umukobwa w’imyaka 10 yakoze ubukwe n’umukunzi we bangana mbere y’uko apfa
Umwana w’umukobwa w’imyaka 10, Emma Edwards yakoze ubukwe n’umukunzi we wo mu bwana, Daniel Marshall Christopher Williams Jr. bangana,mu birori byuje urukundo byakozwe mbere y’iminsi ibiri ngo uwo mwana w’mukobwa yitabe Imana azize Kanseri yo mu Maraso (Leukemia).
Reba inkuru
Urembejwe na ‘stress’? Dore gereza wafungirwamo ku bushake ukaruhukiramo
‘Prison Inside Me’ ni gereza iri muri Koreya y’Epfo mu Mujyi wa Hongcheon, ikaba yarashyiriweho abantu bashaka kuyifungirwamo ku bushake ngo bimare ‘stress’ bakishyurira 120$ (asaga ibihumbi 170 Frw) kuri buri joro.
Reba inkuru
Inshuti zimaranye imyaka isaga irindwi, ziba zizagumana- Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bugaragaza ko inshuti zimaranye imyaka isaga irindwi, ziba zifite amahirwe menshi yo kuzagumana ubuzima bwazo bwose.
Reba inkuru
Wari uzi ko kwihumuriza imyenda yambawe n’umukunzi wawe bikugabanyiriza ‘Stress’?
Ubushakashatsi bugaragaza ko kwihumuriza imyenda yambawe n’umukunzi wawe bishobora kukugabanyiriza ‘stress’, ariko bikaba byanayigutera mu gihe wihumurije iyambawe n’umuntu udasanzwe uzi.
Reba inkuru


