Imyidagaduro
Reba Izindi
Diamond Platnumz yageze i Kigali aherekejwe n’itsinda ry’abantu 30
Diamond Platnumz yageze i Kigali aherekejwe n’itsinda ry’abantu 30

Umuhanzi Diamond Platinumz wo muri Tanzania uri mu bakomeye muri Afurika y’Iburasirazuba no muri Afurika muri rusange, yageze i Kigali mu Rwanda aho yitabiriye igitaramo kizabera muri Parking ya BK Arena ku wa Gatandatu tariki 29 Kanama 2026.

Reba inkuru
Uko abarimo ibyamamare, abo mu nzego za leta bashimishijwe na Rayon Sports
Uko abarimo ibyamamare, abo mu nzego za leta bashimishijwe na Rayon Sports

ntsinzi ya Rayon Sports yo kwegukana igikombe cya CECAFA Kagame Cup 2026 yishimiwe n’Abanyarwanda batandukanye, barimo abaminisitiri, ba ambasaderi, ibyamamare, abahanzi n’abandi aho bagaragaje amarangamutima yabo nyuma y’umukino wa nyuma.

Reba inkuru
Ingabire Anitha yiyemeje gushyigikira abagore n’abakobwa kugera ku iterammbere
Ingabire Anitha yiyemeje gushyigikira abagore n’abakobwa kugera ku iterammbere

Rwiyemezamirimo Ingabire Anitha, washinze umuryango Anitha True Reflection of Humanity ufasha abangavu 100 babyaye imburagihe bo mu Murenge wa Kivumu, akomeje ibikorwa by’ubugiraneza aho yatanze Amata na Pampex byo gufasha abana bakiri bato mu mirenge itandukanye y’Akarere ka Rutsiro.

Reba inkuru
Airtel Rwanda na ZTE bamuritse telefone nshya ya ZTE Blade A36
Airtel Rwanda na ZTE bamuritse telefone nshya ya ZTE Blade A36

Airtel Rwanda yifatanyije na ZTE mu kwagura ikwirakwira rya telefone zigezweho (Smartphones) ku batura rwanda binyuze muri gahunda ya ‘Hitamo Ibirenze’ yagenewe abakiriya bayo.

Reba inkuru
Umuryango wa Yampano watabaje umukuru w’Igihugu
Umuryango wa Yampano watabaje umukuru w’Igihugu

Umuryango w’umuhanzi Uworizagwira Florien (Yampano) wagaragaje ko nta bushobozi ufite bw’imibereho ndetse nubwo gushaka umunyamategeko ushobora kumwunganira akaba yafungurwa muri gereza ya Mageragere.

Reba inkuru
 Abasore Baryamanye Bari Babyumvikanyeho: Icyo Semuhungu Avuga Ku Byaha Akurikiranweho
Abasore Baryamanye Bari Babyumvikanyeho: Icyo Semuhungu Avuga Ku Byaha Akurikiranweho

Semuhungu Eric wamamariye ku mbuga nkoranyambaga mu Rwanda ntiyemera ibyo aregwa n’abasore babiri bamushinja kubasambanya ku gahato akavuga ko baryamanaga babishaka ndetse banabyumvikanyeho.

Reba inkuru
Izindi nkuru
Reba izindi