imikino
Izindi Nkuru
Jean Lambert Gatare yitabye Imana
Jean Lambert Gatare yitabye Imana

Umunyamakuru Jean Lambert Gatare yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki 21 Werurwe 2025 aguye mu bitaro byi mu Buhinde aho yari yaragiye kwivuriza.

Reba inkuru
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame Bitabiriye Umukino w'Amavubi na Nigeria
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame Bitabiriye Umukino w'Amavubi na Nigeria

Perezida Paul Kagame na Madamu Jeannette Kagame ni bamwe mu bitabiriye umukino wahuje ikipe y'igihugu y'u Rwanda na Nigeria wabereye muri Stade Amahoro kuri uyu wa Gatanu tariki 21 Werurwe 2025.

Reba inkuru
11 ba Super Eagles bashobora kubanzamo bahura n'Amavubi y'u Rwanda
11 ba Super Eagles bashobora kubanzamo bahura n'Amavubi y'u Rwanda

Ku isaha ya saa kumi n'ebyiri kuri Stade Amahoro ikipe y'igihugu ya Nigeria irakirwa n'U Rwanda mu mukino wa gatanu mu itsinda C mu mikino yo gushaka itike y'igikombe cy'Isi cya 2026.

Reba inkuru
Urukundo Antony yaburiye I Manchester rwabaye rwinshi Muri Real Betis ashyiraho agahigo gakomeye
Urukundo Antony yaburiye I Manchester rwabaye rwinshi Muri Real Betis ashyiraho agahigo gakomeye

Umunya-Brazil Antony Matheus dos Santos yashyizeho agahigo ko kuba umwenda we ari wo urikugurishwa cyane ugereranyije n'abandi bakinnyi ba Real Betis.

Reba inkuru
Guo Jiaxuan wakiniyeho Bayern Munich yitabye Imana habura umunsi ngo yizihize isabukuru y'amavuko
Guo Jiaxuan wakiniyeho Bayern Munich yitabye Imana habura umunsi ngo yizihize isabukuru y'amavuko

Guo Jiaxuan yitabye Imana ku myaka 18 nyuma y'impanuka ikomeye yagiriye mu kibuga, uyu mukinnyi wigeze gutumirwaho na Bayern Munich muri gahunda yayo yo guteza imbere abana bafite impano yitabye Imana habura umunsi umwe ngo yuzuze imyaka 19.

Reba inkuru
AS Kigali WFC yatsinzwe umukino mu gikombe cy'Amahoro ariko yerekana umuterankunga mushya
AS Kigali WFC yatsinzwe umukino mu gikombe cy'Amahoro ariko yerekana umuterankunga mushya

Kuri uyu wa gatatu kuri Kigali Pele Stadium ikipe ya AS Kigali WFC yatsinzwe na Police WFC umukino ubanza muri 1/4 mu gikombe cy'Amahoro.

Reba inkuru
Mukanemeye Madeleine uzwi cyane nka Mama Mukura arwariye mu bitaro bya Kabutare
Mukanemeye Madeleine uzwi cyane nka Mama Mukura arwariye mu bitaro bya Kabutare

Kuri uyu wa kabiri tariki 18 Werurwe, Mukanemeye Madeleine wamenyekanye cyane nka Mama Mukura ahanini bitewe n'urukundo akunda iyi kipe yajyanwe mu Bitaro bya kabutare arembye cyane.

Reba inkuru
Bukayo Saka muri bane bagiye kongera amasezerano muri Arsenal
Bukayo Saka muri bane bagiye kongera amasezerano muri Arsenal

Ikipe ya Arsenal iri mu biganiro n'abakinnyi bane kugira ngo bongere amasezerano, Bukayo Saka, William Saliba, Gabriel Magalhães ndetse na Leandro Trossard ibiganiro bigeze kure ngo basinye andi masezerano.

Reba inkuru
AS Kigali WFC yanyagiye Fatima WFC mu mukino banatangajemo umuterankunga mushya
AS Kigali WFC yanyagiye Fatima WFC mu mukino banatangajemo umuterankunga mushya

Kuri iki cyumweru ikipe ya AS Kigali WFC yatsinze Fatima WFC ibitego 9-0 mu mukino wabereye kuri Kigali Pele Stadium.

Reba inkuru
Rayon Sports itsinze AS Kigali icyizere cyo gutwara igikombe kiriyongera
Rayon Sports itsinze AS Kigali icyizere cyo gutwara igikombe kiriyongera

Kuri uyu wa gatandatu ikipe ya Rayon Sports yari yakiriye AS Kigali mu mukino w'umunsi wa 21 wa shampiyona, umukino urangiye itsinze ibitego 2-1.

Reba inkuru
Aliou Cissé yijeje Abanya-Libya kubakorera ibyabananiye mu myaka 12 ishize
Aliou Cissé yijeje Abanya-Libya kubakorera ibyabananiye mu myaka 12 ishize

Umunya-Senegal Aliou Cissé uherutse guhabwa akazi ko gutoza ikipe y'igihugu ya Libya yabijeje ko nubwo bamaze imyaka 12 nta rushanwa babasha kubonera itike, agiye kubishyiraho iherezo bazabashe kubona itike.

Reba inkuru
Marcus Rashford yishimiye kugaruka mu ikipe y'igihugu y'Ubwongereza
Marcus Rashford yishimiye kugaruka mu ikipe y'igihugu y'Ubwongereza

Umutoza w'ikipe y'igihugu y'Ubwongereza Thomas Tuchel amaze guhamagara urutonde rw'abakinnyi 26 bazakoreshwa mu mikino yo gushaka itike y'igikombe cy'Isi, Marcus Rashford yagaragaye muri urwo rutonde nyuma y'igihe kitari gito adahamagarwa.

Reba inkuru
Kuri Darko Novic || Gasogi ||  Iby'uko APR FC yabuze ayo guhemba: Chairman Brig Gen Deo Rusanganwa yabivuzeho
Kuri Darko Novic || Gasogi || Iby'uko APR FC yabuze ayo guhemba: Chairman Brig Gen Deo Rusanganwa yabivuzeho

Kuri uyu wa gatanu ikipe ya APR FC irakirwa na Gasogi United mu mukino w'umunsi wa 21 wa shampiyona. Ni umukino ugiye guhuza aya makipe yombi hari byinshi bimaze iminsi bivugwa muri iyi kipe ya APR FC.

Reba inkuru
Nta bumenyi afite ku mupira wa Africa-Amagambo yabwiwe Jamie Carragher wavuze nabi igikombe cya Africa
Nta bumenyi afite ku mupira wa Africa-Amagambo yabwiwe Jamie Carragher wavuze nabi igikombe cya Africa

Nyuma yo gutangaza ko igikombe cya Africa kitari mu marushanwa akomeye, umutoza wa Côte d'Ivoire Emerse Faé yasubije Jamie Carragher amubwira ko nta bumenyi n’ubundi afite ku mupira wa Africa.

Reba inkuru
Ibyo wamenya kuri Stade nshya ya Manchester United Izajya yinjiza Miliyari 7 z’Amapawundi buri mwaka
Ibyo wamenya kuri Stade nshya ya Manchester United Izajya yinjiza Miliyari 7 z’Amapawundi buri mwaka

Manchester United yatangaje ko yahisemo kubaka Stade nshya aho kuvugurura iyo yari isanganwe Old Traford. Amafaranga agera kuri miliyari 2 z’amapawundi niyo agiye gukoreshwa mu kubaka iyi stade izaba yakira abafana ibihumbi 100.

Reba inkuru
APR FC yinjije arenga miliyoni 128 Frw ku mukino wayihuje na Rayon Sports
APR FC yinjije arenga miliyoni 128 Frw ku mukino wayihuje na Rayon Sports

Umukino w’ishyiraniro wahuje APR FC na Rayon Sports ku wa 9 Werurwe 2025 muri Stade Amahoro wasize ikipe ya APR FC yinjije agera kuri 128,935,000 Frw yavuye mu matike.

Reba inkuru
Rutahizamu ukina muri Premier League yamusize-Umutoza wa Nigeria yatangaje urutonde rw'abakinnyi 23 bazahura n'Amavubi
Rutahizamu ukina muri Premier League yamusize-Umutoza wa Nigeria yatangaje urutonde rw'abakinnyi 23 bazahura n'Amavubi

Kuri uyu wa kabiri tariki 11 Werurwe umutoza w'Ikipe y'igihugu ya Nigeria, Eric Chelle yatangaje urutonde ntakuka rw'abakinnyi 23 bazakina imikino yo gushaka itike y'igikombe cy'Isi.

Reba inkuru
Tuzareba niba itegeko ryahinduka-UEFA yavuze kuri penaliti yatewe na Julián Alvarez
Tuzareba niba itegeko ryahinduka-UEFA yavuze kuri penaliti yatewe na Julián Alvarez

Mu ijoro ryakeye nibwo ikipe ya Real Madrid yasezereye Atletico mu mikino ya Uefa Champions League muri 1/8 bisabye ko hiyambazwa za penaliti.

Reba inkuru
Dr Patrice Motsepe yongeye gutorerwa kuyobora CAF
Dr Patrice Motsepe yongeye gutorerwa kuyobora CAF

Umuny-Afurika y'Epfo Dr Patrice Motsepe yatoreye kuyobora Impuzamashyirahamwe y'umupira w'amaguru muri Africa ku nshuro ya kabiri.

Reba inkuru
Yo ubwayo nibikorera ikadutsinda bazayihe igikombe cyayo- KNC avuga kuri APR FC
Yo ubwayo nibikorera ikadutsinda bazayihe igikombe cyayo- KNC avuga kuri APR FC

Kuri uyu wa gatanu ikipe ya Gasogi United izakira APR FC mu mukino w'umunsi wa 21 wa shampiyona. Ni umukino umuyobozi wa Gasogi United yavuze ko bawise The Day of Revenge mu ndimi z'amahanga bishatse kuvuga ngo umunsi wo kwihorera tugenekereje mu rurimi rw'Ikinyarwanda.

Reba inkuru
Ghana-Umwana w'umuhungu w'imyaka 16 yitabye Imana nyuma y'imyaka afatwa ku ngufu n'umutoza we w'umugabo
Ghana-Umwana w'umuhungu w'imyaka 16 yitabye Imana nyuma y'imyaka afatwa ku ngufu n'umutoza we w'umugabo

Mu gihugu cya Ghana umwana w'imyaka 16 witwa Owusu Ansah Ransford wigaga gukina umupira muri Siano Soccer Academy yitabye imana nyuma yo kujya afatwa ku ngufu n'umutoza we.

Reba inkuru