utuntu n-utundi
Izindi Nkuru
Bibasaba kumarana nibura amasaha 300: ibituma abantu bahinduka inshuti magara
Bibasaba kumarana nibura amasaha 300: ibituma abantu bahinduka inshuti magara

Ubushakashatsi bugaragaza ko kugira ngo abantu bahinduke inshuti magara zishobora no kurambana, bimwe mu bibigiramo uruhare harimo no kuba baramaranye igihe kigera mu masaha 300 bakabasha kuganira byimbitse ku rwego bizamo n’amarangamutima menshi.

Reba inkuru
Kigali: RIB yataye muri yombi abayobozi babiri baguwe gitumo bakira ruswa
Kigali: RIB yataye muri yombi abayobozi babiri baguwe gitumo bakira ruswa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha [RIB], rwataye muri yombi Mutware François ushinzwe imari n’ubutegetsi mu Murenge wa Kigali, na Uwimana Jean ushinzwe icungamutungo muri uwo Murenge.

Reba inkuru
Mu mvugo ikakaye General Makenga wa M23 yise Perezida Tshisekedi ibandi n'igisambo
Mu mvugo ikakaye General Makenga wa M23 yise Perezida Tshisekedi ibandi n'igisambo

Umuyobozi w’Ingabo za M23, Maj. Gen. Sultan Makenga, yavuze ko Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, wemeye kuganira na M23, ari umuntu udakunda igihugu, ahubwo ari igisambo.

Reba inkuru
Chance yateye imitoma umugabo we Pastor Ben ku isabukuru ye y’amavuko
Chance yateye imitoma umugabo we Pastor Ben ku isabukuru ye y’amavuko

Ben ni umugabo wa Chance bakaba Couple y’abaririmbyi ikunzwe mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana kubera indirimbo zabo zihembura imitima ya benshi, akaba n’umunyamuryango w’itsinda rya Alarm ministries

Reba inkuru
Abasore 45% bo mu myaka 18-25 badafite abakunzi bibasirwa n’ubwigunge
Abasore 45% bo mu myaka 18-25 badafite abakunzi bibasirwa n’ubwigunge

Ubushakashatsi bugaragaza ko abasore 45% bari hagati y’imyaka 18-25 baba batarigeze bateretaho umuntu ngo bakundane, bibasiwe n’ubwigunge bukabije ndetse badatekanye ibizwi nka ‘Dysphoric Singlehood’, ibigaragaza uko abasore benshi bo mu cyiciro cy’iyo myaka babayeho mu bwigunge n’agahinda bitewe no kuba batarabona abakunzi.

Reba inkuru