Imyidagaduro
Reba Izindi
Niyonizera Judith watandukanye na Safi aritegura kwibaruka umwana wa kabiri
Niyonizera Judith uzwi nka Judy Boss Lady n’umugabo we King Dustin barimo kwitegura kwibaruka ubuheta.
Reba inkuruElon Musk yatangije ubukangurambaga bushishikariza abantu kureka gukoresha Netflix
Elon Musk yatangije ubukangurambaga bwo gushishikariza abantu kureka gka biturutse kuri hashtag #CancelNetflix yiganje ku rubuga rwa X, ndetse bamwe bamaganye Netflix bavuga ko itera abana ibitekerezo by’imyemerere itandukanye.ukoresha Netflix
Reba inkuru
Tyrese Gibson ari gushakishwa na Polisi
Tyrese Gibson arimo gushakishwa na polisi ya Fulton County (FCPD) mu mujyi wa Atlanta, nyuma y’uko imbwa ze enye zo mu bwoko bwa Cane Corso zikekwaho kwica imbwa y’umuturanyi mu gace ka Buckhead.
Reba inkuru
Finland: Umuhanzi Doddy yahishuye icyatumye asimbuza Madebeats ku ndirimbo ye nshya
Umuhanzi w’umunyarwanda Doddy Uwihirwe yatangaje ko yatangiye gukora ku ndirimbo ye ‘Fall in Love’ atekereza ko azayikorerwa na Produce Made Beats ariko birangira ahisemo Kenny Vybz mu ikorwa ry’amajwi yayo (Audio).
Reba inkuru
Hatangiye gutoranwa abazahabwa igihembo nyamukuru muri Art Rwanda Ubuhanzi- All Star Edition
Kuri uyu wa Kabiri tariki 26 Kanama 2025, hatangiye igikorwa kizamara iminsi ibiri cyo guhuriza hamwe abanyempano bagiye batsinda mu marushanwa ya 'Art Rwanda Ubuhanzi' kuva mu myaka yatambutse.
Reba inkuru
Konti y'umunyarwenya Napi Official yahagaritswe kuri TikTok.
Konti y'umunyarwenya Jose Angel Napi Ondo ufite inkomoko muri Guinée Equatoriale yari imaze kugira abayikurikira bagera kuri miliyoni 5.2 ntikigaragara ku rubuga rwa TikTok.
Reba inkuruInkuru Ziheruka

Niyonizera Judith watandukanye na Safi aritegura kwibaruka umwana wa kabiri
Niyonizera Judith uzwi nka Judy Boss Lady n’umugabo we King Dustin barimo kwitegura kwibaruka ubuheta.
Reba inkuru
Nyuma yo gutandukana n’umunyarwandakazi, Sarpong wakiniye Rayon Sport yateye ivi
Rutahizamu w’umunya-Ghana wakiniye Rayon Sports igihe kitari gito, Michael Sarpong yatereye ivi inkumi yibera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bemeranya kubana.
Reba inkuru
Akavuyo kari mu mikino y’amahirwe mu Rwanda kazakemurwa nande ?
Mu Rwanda hakomeje kuza ibigo byinshi bitanga serivisi zirimo ibijyanye no gukina imikino y’amahirwe gusa ibi bigo ntibimara kabiri, biraza bigakorerera amafaranga nyuma y’igihe gito ukumva ngo byafunze imiryango.
Reba inkuruElon Musk yatangije ubukangurambaga bushishikariza abantu kureka gukoresha Netflix
Elon Musk yatangije ubukangurambaga bwo gushishikariza abantu kureka gka biturutse kuri hashtag #CancelNetflix yiganje ku rubuga rwa X, ndetse bamwe bamaganye Netflix bavuga ko itera abana ibitekerezo by’imyemerere itandukanye.ukoresha Netflix
Reba inkuruImikino
Reba Izindi
Nyuma yo gutandukana n’umunyarwandakazi, Sarpong wakiniye Rayon Sport yateye ivi
Rutahizamu w’umunya-Ghana wakiniye Rayon Sports igihe kitari gito, Michael Sarpong yatereye ivi inkumi yibera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bemeranya kubana.
Reba inkuru
Akavuyo kari mu mikino y’amahirwe mu Rwanda kazakemurwa nande ?
Mu Rwanda hakomeje kuza ibigo byinshi bitanga serivisi zirimo ibijyanye no gukina imikino y’amahirwe gusa ibi bigo ntibimara kabiri, biraza bigakorerera amafaranga nyuma y’igihe gito ukumva ngo byafunze imiryango.
Reba inkuru
Isomwa ry’urubanza ruregwamo abasivili n’abasirikare ryasubitswe
Urukiko rwa Gisirikare rwimuye isomwa ry’Urubanza ku ifungwa n’ifungurwa ry’abantu 28 barimo abofisiye mu Ngabo z’u Rwanda, mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) n’abasivili, bakekwaho ibyaha bijyanye n’uburyo haguzwe amatike y’indege hakoreshejwe konti ya Minisiteri y’Ingabo binyuranyije n’amategeko.
Reba inkuru
RIB igiye gutangiza ikipe y'umupira w'amaguru
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rugiye gutangiza ikipe y’umupira w’amaguru mu gihe cya vuba.
Reba inkuruIzindi nkuru
Reba izindi
Umwana w’umukobwa w’imyaka 10 yakoze ubukwe n’umukunzi we bangana mbere y’uko apfa
Umwana w’umukobwa w’imyaka 10, Emma Edwards yakoze ubukwe n’umukunzi we wo mu bwana, Daniel Marshall Christopher Williams Jr. bangana,mu birori byuje urukundo byakozwe mbere y’iminsi ibiri ngo uwo mwana w’mukobwa yitabe Imana azize Kanseri yo mu Maraso (Leukemia).
Reba inkuru
Urembejwe na ‘stress’? Dore gereza wafungirwamo ku bushake ukaruhukiramo
‘Prison Inside Me’ ni gereza iri muri Koreya y’Epfo mu Mujyi wa Hongcheon, ikaba yarashyiriweho abantu bashaka kuyifungirwamo ku bushake ngo bimare ‘stress’ bakishyurira 120$ (asaga ibihumbi 170 Frw) kuri buri joro.
Reba inkuru
Inshuti zimaranye imyaka isaga irindwi, ziba zizagumana- Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bugaragaza ko inshuti zimaranye imyaka isaga irindwi, ziba zifite amahirwe menshi yo kuzagumana ubuzima bwazo bwose.
Reba inkuru
Wari uzi ko kwihumuriza imyenda yambawe n’umukunzi wawe bikugabanyiriza ‘Stress’?
Ubushakashatsi bugaragaza ko kwihumuriza imyenda yambawe n’umukunzi wawe bishobora kukugabanyiriza ‘stress’, ariko bikaba byanayigutera mu gihe wihumurije iyambawe n’umuntu udasanzwe uzi.
Reba inkuru



