Imyidagaduro
Reba Izindi
Nyuma ya Richard Nick Ngendahayo ,Rev Emmanuel Ganza nawe arifuza gutaramira muri BK Arena
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Rev Emmanuel Ganza, yageze i Kigali aho yitabiriye igitaramo cya Richard Nick Ngendahayo kizabera muri BK Arena, tariki ya 29 Ugushyingo 2025, ndetse agaragaza inyota atewe no gutaramira muri iyi nyubako nyuma ya Richard Nick Ngendahayo.
Reba inkuru
Senderi Hit akomeje urugendo rw’ ibitaramo bizenguruka igihugu
Umuhanzi Senderi Hit umaze iminsi yiyemeje gukora ibitaramo bizenguruka igihugu yakomereje i Musanze "Byangabo" mu rugendo rw’ibitaramo bizenguruka igihugu mu kwizihiza imyaka 20 ishize amaze ari mu muziki.
Reba inkuru
Niyonizera Judith watandukanye na Safi aritegura kwibaruka umwana wa kabiri
Niyonizera Judith uzwi nka Judy Boss Lady n’umugabo we King Dustin barimo kwitegura kwibaruka ubuheta.
Reba inkuruElon Musk yatangije ubukangurambaga bushishikariza abantu kureka gukoresha Netflix
Elon Musk yatangije ubukangurambaga bwo gushishikariza abantu kureka gka biturutse kuri hashtag #CancelNetflix yiganje ku rubuga rwa X, ndetse bamwe bamaganye Netflix bavuga ko itera abana ibitekerezo by’imyemerere itandukanye.ukoresha Netflix
Reba inkuru
Tyrese Gibson ari gushakishwa na Polisi
Tyrese Gibson arimo gushakishwa na polisi ya Fulton County (FCPD) mu mujyi wa Atlanta, nyuma y’uko imbwa ze enye zo mu bwoko bwa Cane Corso zikekwaho kwica imbwa y’umuturanyi mu gace ka Buckhead.
Reba inkuru
Finland: Umuhanzi Doddy yahishuye icyatumye asimbuza Madebeats ku ndirimbo ye nshya
Umuhanzi w’umunyarwanda Doddy Uwihirwe yatangaje ko yatangiye gukora ku ndirimbo ye ‘Fall in Love’ atekereza ko azayikorerwa na Produce Made Beats ariko birangira ahisemo Kenny Vybz mu ikorwa ry’amajwi yayo (Audio).
Reba inkuruInkuru Ziheruka

Nyuma ya Richard Nick Ngendahayo ,Rev Emmanuel Ganza nawe arifuza gutaramira muri BK Arena
Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Rev Emmanuel Ganza, yageze i Kigali aho yitabiriye igitaramo cya Richard Nick Ngendahayo kizabera muri BK Arena, tariki ya 29 Ugushyingo 2025, ndetse agaragaza inyota atewe no gutaramira muri iyi nyubako nyuma ya Richard Nick Ngendahayo.
Reba inkuru
Senderi Hit akomeje urugendo rw’ ibitaramo bizenguruka igihugu
Umuhanzi Senderi Hit umaze iminsi yiyemeje gukora ibitaramo bizenguruka igihugu yakomereje i Musanze "Byangabo" mu rugendo rw’ibitaramo bizenguruka igihugu mu kwizihiza imyaka 20 ishize amaze ari mu muziki.
Reba inkuru
Niyonizera Judith watandukanye na Safi aritegura kwibaruka umwana wa kabiri
Niyonizera Judith uzwi nka Judy Boss Lady n’umugabo we King Dustin barimo kwitegura kwibaruka ubuheta.
Reba inkuru
Nyuma yo gutandukana n’umunyarwandakazi, Sarpong wakiniye Rayon Sport yateye ivi
Rutahizamu w’umunya-Ghana wakiniye Rayon Sports igihe kitari gito, Michael Sarpong yatereye ivi inkumi yibera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bemeranya kubana.
Reba inkuruImikino
Reba Izindi
Nyuma yo gutandukana n’umunyarwandakazi, Sarpong wakiniye Rayon Sport yateye ivi
Rutahizamu w’umunya-Ghana wakiniye Rayon Sports igihe kitari gito, Michael Sarpong yatereye ivi inkumi yibera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bemeranya kubana.
Reba inkuru
Akavuyo kari mu mikino y’amahirwe mu Rwanda kazakemurwa nande ?
Mu Rwanda hakomeje kuza ibigo byinshi bitanga serivisi zirimo ibijyanye no gukina imikino y’amahirwe gusa ibi bigo ntibimara kabiri, biraza bigakorerera amafaranga nyuma y’igihe gito ukumva ngo byafunze imiryango.
Reba inkuru
Isomwa ry’urubanza ruregwamo abasivili n’abasirikare ryasubitswe
Urukiko rwa Gisirikare rwimuye isomwa ry’Urubanza ku ifungwa n’ifungurwa ry’abantu 28 barimo abofisiye mu Ngabo z’u Rwanda, mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) n’abasivili, bakekwaho ibyaha bijyanye n’uburyo haguzwe amatike y’indege hakoreshejwe konti ya Minisiteri y’Ingabo binyuranyije n’amategeko.
Reba inkuru
RIB igiye gutangiza ikipe y'umupira w'amaguru
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rugiye gutangiza ikipe y’umupira w’amaguru mu gihe cya vuba.
Reba inkuruIzindi nkuru
Reba izindi
Umwana w’umukobwa w’imyaka 10 yakoze ubukwe n’umukunzi we bangana mbere y’uko apfa
Umwana w’umukobwa w’imyaka 10, Emma Edwards yakoze ubukwe n’umukunzi we wo mu bwana, Daniel Marshall Christopher Williams Jr. bangana,mu birori byuje urukundo byakozwe mbere y’iminsi ibiri ngo uwo mwana w’mukobwa yitabe Imana azize Kanseri yo mu Maraso (Leukemia).
Reba inkuru
Urembejwe na ‘stress’? Dore gereza wafungirwamo ku bushake ukaruhukiramo
‘Prison Inside Me’ ni gereza iri muri Koreya y’Epfo mu Mujyi wa Hongcheon, ikaba yarashyiriweho abantu bashaka kuyifungirwamo ku bushake ngo bimare ‘stress’ bakishyurira 120$ (asaga ibihumbi 170 Frw) kuri buri joro.
Reba inkuru
Inshuti zimaranye imyaka isaga irindwi, ziba zizagumana- Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bugaragaza ko inshuti zimaranye imyaka isaga irindwi, ziba zifite amahirwe menshi yo kuzagumana ubuzima bwazo bwose.
Reba inkuru
Wari uzi ko kwihumuriza imyenda yambawe n’umukunzi wawe bikugabanyiriza ‘Stress’?
Ubushakashatsi bugaragaza ko kwihumuriza imyenda yambawe n’umukunzi wawe bishobora kukugabanyiriza ‘stress’, ariko bikaba byanayigutera mu gihe wihumurije iyambawe n’umuntu udasanzwe uzi.
Reba inkuru




