Imyidagaduro
Reba Izindi
Hatangiye gutoranwa abazahabwa igihembo nyamukuru muri Art Rwanda Ubuhanzi- All Star Edition
Kuri uyu wa Kabiri tariki 26 Kanama 2025, hatangiye igikorwa kizamara iminsi ibiri cyo guhuriza hamwe abanyempano bagiye batsinda mu marushanwa ya 'Art Rwanda Ubuhanzi' kuva mu myaka yatambutse.
Reba inkuru
Konti y'umunyarwenya Napi Official yahagaritswe kuri TikTok.
Konti y'umunyarwenya Jose Angel Napi Ondo ufite inkomoko muri Guinée Equatoriale yari imaze kugira abayikurikira bagera kuri miliyoni 5.2 ntikigaragara ku rubuga rwa TikTok.
Reba inkuru
Ibyibanze wamenya ku bikubiye mu gitabo “An Open Jail” cya Tonzi
Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Uwitonze Clementine [Tonzi] ari mu myiteguro yo kumurika igitabo cye cya mbere yise “An Open Jail: When the World Crucifies You”.
Reba inkuru
Umuraperi Gauchi yataguje album nshya
Umuraperi nyarwanda Gauchi yateguje ye nshya yise “Collabo” izajya hanze mu minsi iri imbere.
Reba inkuru
The Ben yongeye gushima Tom Close wamwinjije mu muziki none akaba ari kwandika amateka
Mugisha Benjamin [The Ben], umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki nyarwanda no hanze y’igihugu, yongeye gusangiza abakunzi be ibice bitamenyerewe by’urugendo rwe, by’umwihariko ishimwe agendana kubera Muyombo Thomas [Tom Close].
Reba inkuru
Levixone n'umukunzi we Desire Luzinda batangaje amatariki y'ubukwe bwabo
Sam Lucas Lubyogo wamamaye nka Levixone na Desire Luzinda bemeje ko bazakora ubukwe tariki 15 Kanama 2025.
Reba inkuruInkuru Ziheruka

Hatangiye gutoranwa abazahabwa igihembo nyamukuru muri Art Rwanda Ubuhanzi- All Star Edition
Kuri uyu wa Kabiri tariki 26 Kanama 2025, hatangiye igikorwa kizamara iminsi ibiri cyo guhuriza hamwe abanyempano bagiye batsinda mu marushanwa ya 'Art Rwanda Ubuhanzi' kuva mu myaka yatambutse.
Reba inkuru
Konti y'umunyarwenya Napi Official yahagaritswe kuri TikTok.
Konti y'umunyarwenya Jose Angel Napi Ondo ufite inkomoko muri Guinée Equatoriale yari imaze kugira abayikurikira bagera kuri miliyoni 5.2 ntikigaragara ku rubuga rwa TikTok.
Reba inkuru
Ibyibanze wamenya ku bikubiye mu gitabo “An Open Jail” cya Tonzi
Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Uwitonze Clementine [Tonzi] ari mu myiteguro yo kumurika igitabo cye cya mbere yise “An Open Jail: When the World Crucifies You”.
Reba inkuru
Dore indwara ushobora guhura nazo niba ukunda kwicara cyane
Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Sabin Nsanzimana, aherutse gutangaza ko kwicara cyane bingana no kunywa itabi kuko byongera ibyago byo kurwara indwara zitandukanye zirimo guturika k’udutsi duto tw’ubwonko, indwara z’umutima, n’izindi.
Reba inkuruImikino
Reba Izindi
Isomwa ry’urubanza ruregwamo abasivili n’abasirikare ryasubitswe
Urukiko rwa Gisirikare rwimuye isomwa ry’Urubanza ku ifungwa n’ifungurwa ry’abantu 28 barimo abofisiye mu Ngabo z’u Rwanda, mu Rwego rw’Igihugu rushinzwe Igorora (RCS) n’abasivili, bakekwaho ibyaha bijyanye n’uburyo haguzwe amatike y’indege hakoreshejwe konti ya Minisiteri y’Ingabo binyuranyije n’amategeko.
Reba inkuru
RIB igiye gutangiza ikipe y'umupira w'amaguru
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rugiye gutangiza ikipe y’umupira w’amaguru mu gihe cya vuba.
Reba inkuruAPR FC yananiwe kwikura i Musanze, Rayon Sports ibona insinzi itaherukaga
Shampiyona yagarutse
Reba inkuru
Ibikubiye mu masezerano Atlético de Madrid yasinye na Visit Rwanda
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki 30 Mata 2025, nibwo ikigo cy'igihugu cy'u Rwanda Iterambere, Rwanda Development Board(RDB), cyatangaje ko u Rwanda rugiye gutangira gukorana na Atletico Madrid muri gahunda ya Visit Rwanda.
Reba inkuruIzindi nkuru
Reba izindi
Umwana w’umukobwa w’imyaka 10 yakoze ubukwe n’umukunzi we bangana mbere y’uko apfa
Umwana w’umukobwa w’imyaka 10, Emma Edwards yakoze ubukwe n’umukunzi we wo mu bwana, Daniel Marshall Christopher Williams Jr. bangana,mu birori byuje urukundo byakozwe mbere y’iminsi ibiri ngo uwo mwana w’mukobwa yitabe Imana azize Kanseri yo mu Maraso (Leukemia).
Reba inkuru
Urembejwe na ‘stress’? Dore gereza wafungirwamo ku bushake ukaruhukiramo
‘Prison Inside Me’ ni gereza iri muri Koreya y’Epfo mu Mujyi wa Hongcheon, ikaba yarashyiriweho abantu bashaka kuyifungirwamo ku bushake ngo bimare ‘stress’ bakishyurira 120$ (asaga ibihumbi 170 Frw) kuri buri joro.
Reba inkuru
Inshuti zimaranye imyaka isaga irindwi, ziba zizagumana- Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bugaragaza ko inshuti zimaranye imyaka isaga irindwi, ziba zifite amahirwe menshi yo kuzagumana ubuzima bwazo bwose.
Reba inkuru
Wari uzi ko kwihumuriza imyenda yambawe n’umukunzi wawe bikugabanyiriza ‘Stress’?
Ubushakashatsi bugaragaza ko kwihumuriza imyenda yambawe n’umukunzi wawe bishobora kukugabanyiriza ‘stress’, ariko bikaba byanayigutera mu gihe wihumurije iyambawe n’umuntu udasanzwe uzi.
Reba inkuru