Imyidagaduro
Reba Izindi
Joni Boy wamariye muri "Nimba Padiri" yaragukanye indirimbo nshya (+Video)
Jani Boy umuhanzi nyarwanda ukorera umuziki we hanze y’u Rwanda muri Sweden arakataje mu bikorwa bye bye muzika aho ubu yagarukanye indirimbo nshya yise "Kuri Date".
Reba inkuruMaranatha Family Choir yateguje Album yabo ya mbere
Maranatha Family Choir yashyize hanze indirimbo nshya bise “Irasubiza” ndetse bahita bateguza album yabo ya mbere izajya hanze mu minsi iri imbere.
Reba inkuru
Umuraperi Gweda 21 yashyize hanze amashusho y'indirimbo nshya (+ Video)
Umuraperi Gweda 21 nyuma y'amezi atandatu ashize hanze indirimbo yise "Sorry" yagarukanye indi nshya yise "All My Life" avuga ko igaruka ku guhindura umuziki nyarwanda.
Reba inkuru
Rushimisha yashyize hanze igitabo kibumbatiye amateka n’ibigwi bya Brig Gen Makanika
Samuel Rushimisha wavukiye i Rurambo mu Burasirazuba bwa DRC yashyize ku isoko igitabo yise "Leave by leaving a Legacy" kigaruka kubigwi n'amateka bya Brig Gen Rukunda Michel uzwi nka Makanika, wari umuyobozi w’Umutwe wa Twirwaneho, ugamije kurengera Abanyamulenge batotezwa na Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo.
Reba inkuru
Senderi, Jehovah Jireh Choir, Umusizi Murekatete mu bakoze indirimbo zagufasha mu cyumweru cy’Icyunamo
Kuri uyu wa 7 Mata 2025, Abanyarwanda n’inshuti z’u Rwanda n’ahandi ku Isi yose batangiye icyumweru cy’icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yahitanye abasaga miliyoni mu gihe cy’iminsi 100.
Reba inkuru
DJ Lamper agiye gutangiza ibitaramo ngaruka kwezi
Eric Lavio Lamperti benshi bamenye ku izina rya DJ Lamper, akaba umwe mu ba DJs bagezweho mu Mujyi wa Kigali yateguje ibitaramo ngaruka kwezi yise "Atmosfera”.
Reba inkuruInkuru Ziheruka

Uko abahanzi bakuru baryamira abakiri bato bakishakisha
Kenshi na kenshi iyo umuhanzi agiye kwinjirra mu muziki akoresha imbaraga zore afite zimufasha kumenyekana muru izo nzira niho usanga amakosa n’amaniza ashyira ku bahanzi bato ku buryo bazinukwa burundu ibijyanye na muzika.
Reba inkuru
Richard Nick Ngendahayo agiye gutaramira i Kigali nyuma y’imyaka 15
Richard Nick Ngendahayo wamamaye mu muziki wo kuramya no guhimbaza Imana, agiye gutaramira i Kigali nyuma y’imyaka 15 yari amaze atuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Reba inkuru
Joni Boy wamariye muri "Nimba Padiri" yaragukanye indirimbo nshya (+Video)
Jani Boy umuhanzi nyarwanda ukorera umuziki we hanze y’u Rwanda muri Sweden arakataje mu bikorwa bye bye muzika aho ubu yagarukanye indirimbo nshya yise "Kuri Date".
Reba inkuru
Urubyiruko rwa FPR muri AUCA rwasuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali
Urubyiruko rubarizwa mu muryango wa FPR INKOTANYI muri Kaminuza ya Adventist University of Central Africa (AUCA) rwasuye u Rwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, mu rwego rwo guha icyubahiro abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 no gukomeza kwigira ku mateka y’igihugu.
Reba inkuruImikino
Reba Izindi
Ibikubiye mu masezerano Atlético de Madrid yasinye na Visit Rwanda
Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki 30 Mata 2025, nibwo ikigo cy'igihugu cy'u Rwanda Iterambere, Rwanda Development Board(RDB), cyatangaje ko u Rwanda rugiye gutangira gukorana na Atletico Madrid muri gahunda ya Visit Rwanda.
Reba inkuru
Bull Dogg yasabye Perezida Kagame itike yo kuzareba umukino wa nyuma wa Champions League
Umuraperi Bull Dogg yasabye Umukuru w'Igihugu Paul Kagame kumugurira itike akazajya kureba umukino wa nyuma wa UEFA Champions League mu gihe Arsenal FC yaba igeze ku mukino wa nyuma.
Reba inkuru
Mu Rwanda hagiye kubera Iserukiramuco ry’Abafana ba Arsenal
Iserukiramuco ry’abafana ba Arsenal muri Afurika rizwi nka Arsenal Africa Fans Festival (AAFF) rigiye kubera mu Rwanda muri Kigali Universe rivuye muri Tanzania aho ryabereye umwaka ushize.
Reba inkuru
Khadime Ndiaye yisabiye abafana ba Rayon Sports ikintu kimwe gusa
Umukinnyi w'ikipe ya Rayon Sports ukina mu izamu Khadime Ndiaye yikomye abamaze iminsi bavuga ko yitsindisha kubera aba yahawe amafaranga.
Reba inkuruIzindi nkuru
Reba izindi
Umwana w’umukobwa w’imyaka 10 yakoze ubukwe n’umukunzi we bangana mbere y’uko apfa
Umwana w’umukobwa w’imyaka 10, Emma Edwards yakoze ubukwe n’umukunzi we wo mu bwana, Daniel Marshall Christopher Williams Jr. bangana,mu birori byuje urukundo byakozwe mbere y’iminsi ibiri ngo uwo mwana w’mukobwa yitabe Imana azize Kanseri yo mu Maraso (Leukemia).
Reba inkuru
Urembejwe na ‘stress’? Dore gereza wafungirwamo ku bushake ukaruhukiramo
‘Prison Inside Me’ ni gereza iri muri Koreya y’Epfo mu Mujyi wa Hongcheon, ikaba yarashyiriweho abantu bashaka kuyifungirwamo ku bushake ngo bimare ‘stress’ bakishyurira 120$ (asaga ibihumbi 170 Frw) kuri buri joro.
Reba inkuru
Inshuti zimaranye imyaka isaga irindwi, ziba zizagumana- Ubushakashatsi
Ubushakashatsi bugaragaza ko inshuti zimaranye imyaka isaga irindwi, ziba zifite amahirwe menshi yo kuzagumana ubuzima bwazo bwose.
Reba inkuru
Wari uzi ko kwihumuriza imyenda yambawe n’umukunzi wawe bikugabanyiriza ‘Stress’?
Ubushakashatsi bugaragaza ko kwihumuriza imyenda yambawe n’umukunzi wawe bishobora kukugabanyiriza ‘stress’, ariko bikaba byanayigutera mu gihe wihumurije iyambawe n’umuntu udasanzwe uzi.
Reba inkuru