Imyidagaduro
Reba Izindi
Nyuma ya Richard Nick Ngendahayo ,Rev Emmanuel Ganza nawe arifuza gutaramira muri BK Arena
Nyuma ya Richard Nick Ngendahayo ,Rev Emmanuel Ganza nawe arifuza gutaramira muri BK Arena

Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Rev Emmanuel Ganza, yageze i Kigali aho yitabiriye igitaramo cya Richard Nick Ngendahayo kizabera muri BK Arena, tariki ya 29 Ugushyingo 2025, ndetse agaragaza inyota atewe no gutaramira muri iyi nyubako nyuma ya Richard Nick Ngendahayo.

Reba inkuru
Senderi Hit akomeje urugendo rw’ ibitaramo bizenguruka igihugu
Senderi Hit akomeje urugendo rw’ ibitaramo bizenguruka igihugu

Umuhanzi Senderi Hit umaze iminsi yiyemeje gukora ibitaramo bizenguruka igihugu yakomereje i Musanze "Byangabo" mu rugendo rw’ibitaramo bizenguruka igihugu mu kwizihiza imyaka 20 ishize amaze ari mu muziki.

Reba inkuru
Niyonizera Judith watandukanye na Safi aritegura kwibaruka umwana wa kabiri
Niyonizera Judith watandukanye na Safi aritegura kwibaruka umwana wa kabiri

Niyonizera Judith uzwi nka Judy Boss Lady n’umugabo we King Dustin barimo kwitegura kwibaruka ubuheta.

Reba inkuru
Elon Musk yatangije ubukangurambaga bushishikariza abantu kureka gukoresha Netflix
Elon Musk yatangije ubukangurambaga bushishikariza abantu kureka gukoresha Netflix

Elon Musk yatangije ubukangurambaga bwo gushishikariza abantu kureka gka biturutse kuri hashtag #CancelNetflix yiganje ku rubuga rwa X, ndetse bamwe bamaganye Netflix bavuga ko itera abana ibitekerezo by’imyemerere itandukanye.ukoresha Netflix

Reba inkuru
Tyrese Gibson ari gushakishwa na Polisi
Tyrese Gibson ari gushakishwa na Polisi

Tyrese Gibson arimo gushakishwa na polisi ya Fulton County (FCPD) mu mujyi wa Atlanta, nyuma y’uko imbwa ze enye zo mu bwoko bwa Cane Corso zikekwaho kwica imbwa y’umuturanyi mu gace ka Buckhead.

Reba inkuru
Finland: Umuhanzi Doddy yahishuye icyatumye asimbuza Madebeats ku ndirimbo ye nshya
Finland: Umuhanzi Doddy yahishuye icyatumye asimbuza Madebeats ku ndirimbo ye nshya

Umuhanzi w’umunyarwanda Doddy Uwihirwe yatangaje ko yatangiye gukora ku ndirimbo ye ‘Fall in Love’ atekereza ko azayikorerwa na Produce Made Beats ariko birangira ahisemo Kenny Vybz mu ikorwa ry’amajwi yayo (Audio).

Reba inkuru
Izindi nkuru
Reba izindi